Itsinda ryari riyobowe na Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Maroc,harimo kandi abatoza ndetse n’abakinnyi b’ikipe y’igihugu ya Maroc bafasha umwanya wo kujya urwibutso rwa Jenoside yakorewe abatutsi mu mwaka wa 1994,ndetse bafata n’umwanya wo kunamira inzirakarengane zishyinguye muri urwo rwibutso.
Iyi kipe ikaba yakoze iki gikorwa nyuma yo gusoza urugendo rwayo mu gikombe cy’Afrika gihuza abakinnyi bakina imbere mu gihugu (CHAN), aho iyi kipe yasoje imikino yayo iri ku mwanya wa 3 n’amanota 4,bituma yo na Gabon zisezererwa.
Amafoto y’uko byari byifashe
Ushatse kureba andi mafoto menshi wakanda aha: https://www.flickr.com/photos/kigali-today/sets/72157661632017914
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
TWIHANGANISHIJE.HMIRYANGOYABUZE,ABAYO