Amasaha n’uko amakipe azahura muri CHAN 2016 byatangajwe

Uko amakipe azahura mu gikombe cya CHAN kizabera mu Rwanda muri Mutarama 2016 ndetse n’amasaha byamaze gutangazwa

Nyuma y’uko mu Rwanda taliki ya 15 Ugushyingo 2015 habaereye tombola yari igamije gushyira amakipe 16 mu matsinda 4, ubu noneho uko ayo makipe azakina byamaze gutangazwa.

Perezida w'u Rwanda Paul Kagame ubwo yitabiraga tombola ya CHAN
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame ubwo yitabiraga tombola ya CHAN

U Rwanda nk’igihugu kizakira amarushanwa ya CHAN azabera mu Rwanda kuva tariki 16 Mutarama 2016 kugeza taliki ya 07 Gashyantare 2016, ruzaba ruyoboye itsinda rya mbere rigizwe n’u Rwanda,Gabon,Maroc na Ivory Coast.

Uko imikino yose iteye

Uko amatsinda ateye:

Group A - Rwanda, Gabon, Morocco, Ivory Coast (Bazakinira kuri Stade Amahoro)
Group B - Angola, DR Congo, Cameroon, Ethiopia (Bazakinira i Huye)
Group C - Nigeria, Niger, Guinea, Tunisia (Nyamirambo)
Group D - Uganda, Mali, Zambia, Zimbabwe (Rubavu)

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 3 )

Amavubi tuzagisigarana murwagasabo

NZAYISENGA ISMAIL yanditse ku itariki ya: 19-01-2016  →  Musubize

Amavubi nakomeze imyitozo, mukwizera tuzatsinda

Elias yanditse ku itariki ya: 26-12-2015  →  Musubize

Itsinda Amavubi arimo rirakomeye cyane ariko mu mupira w’Amaguru byose birashobo umutoza apage neza abakinnyi kuko Amakuru mfite nuko Abasore b’Amavubi bafite inyota y’Igikombe ko kiguma mu Rwanda(bafite ishyaka ryo gutsi) kandi ejobundi batweretse ko penarite aribintu byabo.amahirwe yo nimenshi

NTAGOZERA Abdul alias RWABUTSIROMBO yanditse ku itariki ya: 24-12-2015  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka