Umutoza w’Amavubi Johnny McKinstry yahamagaye abakinnyi 23 bagomba kwitegura umukino uzahuza Amavubi na Libya taliki 13/11/2015.
Kuri uyu wa gatandatu Shampiona y’icyiciro cya mbere irakomeza, mu gihe ku munsi w’ejo Mukura yatsinze Muhanga bigatuma iyobora urutonde
Ikipe ya Rayon Sport icumbitse mu karere ka Nyanza iri mu myitozo ikaze iharanira ishema ryo kuzatsinda Rwamagana City.
Harabura iminsi mike ngo ikipe y’igihugu yongere guhamagarwa,hari abakinnyi badaheruka guhamagarwa cyangwa batahamgawe ariko bagaragaza ubushobozi
Shampiona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda mu mupira w’amaguru irakomeza kuri uyu wa gatanu hakinwa imikino y’umunsi wa karindwi
Imwe mu mikino ya Shampiona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru yamaze kwimurwa kubera imyiteguro y’Amavubi
Mbere y’uko Rayon Sports yakira APR,Didier Gomes Da Rosa wahesheje Rayon Sports igikombe iheruka,yayigeneye ubutumwa bwo kwifashisha
Ikipe ya Rayon Sports n’umutoza wayo David Donadei wahagaritswe umukino umwe,bakomeje kwitana bamwana ku myitwarire ivugwa kuri Donadei
Abanyehuye batangiye kwitegura imikino ya CHAN izabera iwabo guhera tariki 16/1/2016, kandi ngo amakosa yagaragaye mu mikino ya FEASSSA ntazasubira.
Nyuma y’ukwezi kumwe ari umutoza wa Rayon Sports,David Donadei yahagaritswe ku mukino Rayon Sports izakiramo APR kuri uyu wa gatandatu
Mu mpera z’iki cyumweru Shampiona yari igeze ku munsi wa gatanu,aho Mukura yatsinze Sunrise 2-1,maze AS Kigali igakomeza kuyobora urutonde
Abatuye umujyi wa Goma bahangayikishijwe no kutazareba imikino ya CHAN 2016 kubera amasaha igihugu cyabo cyashyizeho yo gufunga imipaka.
Abakinnyi bakomoka mu gihugu cy’u Burundi bakinira Mukura bibasiwe n’umutekano muke uhari,baracyategerejwe i Huye n’ubwo bitoroshye
Nyuma y’akaruhuko k’ikipe y’igihugu yari imaze icyumeru muri Maroc,Shampiona y’icyocro cya mbere irakomeza hakinwa imikino y’umunsi wa gatanu
Ubuyobozi bwa Rayon Sports burahakana amakuru avugwa ko umutoza wayo David Donadei yaba agiye,bukemeza ko agera i Kigali kuri uyu wa kane
Rutahizamu wanyuze mu makipe nka Mukura na Rayon Sports,Mahoro Nicolas yerekeje muri APR Fc ndetse na Emery Bayisenge Emery
Amavubi asoje imikino ya gicuti yakiniraga muri Maroc nta ntsinzi n’imwe,aho kuri iki cyumweru yongeye gutsindwa na Tunisia
Milioni 14 nizo Ferwafa isabwa kwishyura RSSB ngo isubizwe imodoka yayo,atakwishyurwa n’inyubako yayo ikaba yafatirwa nk’uko amategeko abiteganya
Itsinda rishinzwe gutegura CHAN izabera mu Rwanda, riratangaza ko hakiri ukundi kwezi kurenga kugira ngo Stade Huye irangire gutunganywa
Nyuma yo kutitwara neza mu minsi ibiri ya Shampiona iheruka, Rayon Sports yongeye guha ibyishimo abakunzi bayo itsinda Mukura 2-0
Shampiona y’icyiciro cya mbere irakomeza ku munsi wayo wa kane,aho imikino ibiri ariyo iteganijwe kuri uyu wa gatanu,bakazakina kugeza ku cyumweru.
Abakinnyi 23 barimo abakina hanze nibo bagomba kwerekeza mu mwiherero uzabera muri Maroc mu gihe cy’iminsi 10.
Nyuma y’ukwezi kumwe ari umutoza wa Kiyovu,Seninga arerekeza mu mahugurwa mu busuwisi,akazasigarirwaho na Kanamugire Aloys mu gihe cy’amezi abiri
Ku munsi wa gatatu wa Shampiona y’icyiciro cya mbere,AS Kigali yatsinze Sunrise 4-0 ihita iyobora urutonde rwa Shampiona by’agateganyo
Mu mukino w’umunsi wa 3 wa shampiona APR fc na Police Fc zanganije igitego 1-1 mu mukino wabereye ku Kicukiro.
Kuri uyu wa gatanu harakomeza shampiona y’cyiciro cya mbere,ahoumukino utegerejwe ari uwa Police Fc yaakira APR Fc kuri Stade ya Kicukiro.
AS Kigali yongeye guhangara Rayon Sports iyitwara amanota atatu iyitsinze ibitego 2-1 mu mukino wabereye I Muhanga kuri uyu wa gatatu
Ikipe ya Mukura yihereranye APR Fc iyitsinda ibitego 2-0 mu mukino wa Shamiona wabereye ku Mumena kuri uyu wa kabiri.
Myugariro w’Amavubi akomeje kwitwara neza mucyicro cya mbere mu Bubiligi aho yashyizwe mu ikipe yitwaye neza mu cyumweru gishize
Nyuma y’aho APR Fc itakarije abatoza barimo n’uwatozaga abazamu,ubu Ndoli Jean Claude usanzwe ari n’umukinnyi niwe wahawe izo nshingano