Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Social Mula yavuze ko yemera umuhanzi Priscilla
31/07/2025 - 10:28
Zaria Court Opens: President Kagame Urges Africa to Invest in Sports
29/07/2025 - 09:33
Rwanda and Tanzania Sign Key Cooperation Agreements in Agriculture and Port Services
28/07/2025 - 13:30Iziheruka

Nsabimana Callixte yagereranyije Rusesabagina nk’umunyeshuri uhora usaba mwalimu kwimura umunsi w’ikizamini
12/03/2021 - 06:12
Dore uko igikorwa cyo gukingira Imfungwa n’abagororwa ba Gereza ya Mageragere cyagenze
12/03/2021 - 05:59
Abagororwa barashimira Leta yabakingiye Covid-19
12/03/2021 - 05:45
Mu ibanga rikomeye Platini arashyize ararongoye
7/03/2021 - 21:10
Kuki bisaba gusinya kugira ngo ukingirwe COVID-19?
7/03/2021 - 20:34
Umva uko Rusesabagina yagejejwe i Kigali
7/03/2021 - 16:22
Dr Ngamije Daniel: Nakingiwe kandi meze neza, mwirinde ibihuha
5/03/2021 - 22:24
Ibikubiye muri raporo y’urukiko nyuma yo gusura gereza Rusesabagina afungiyemo
5/03/2021 - 20:07
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo