Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Irebere ibirori byo guha Impamyabushobozi za kaminuza Abofisiye ba RDF
4/08/2025 - 19:39
Inshingano za BNR mu kurengera inyungu z’abaturage no guteza imbere Ubukungu bw’Igihugu
4/08/2025 - 17:31
Kigali: Urubyiruko 100 rwasobanuriwe ko ibikorwa by’ubutwari bidasaba ibya Mirenge
3/08/2025 - 21:30Iziheruka

We spoke to the winner of 2025 Rwanda Mountain Gorilla Rally, Vohra and his co-driver Drew Sturrock
7/07/2025 - 15:36
Rwanda Mountain Gorilla Rally: Sandrine na Davite babaye aba mbere mu bakinnyi bo mu Rwanda
7/07/2025 - 14:56
#LiberationCup: Irebere ibiro bivuza ubuhuha mu mukino wa nyuma Police VC yatsinzemo APR VC
7/07/2025 - 10:07
PSG legends Jay Jay Okocha and Didier Domi arrived in Kigali as part of the VisitRwanda
7/07/2025 - 00:40
Rwanda Mountain Gorilla Rally: Umunyakenya Karan Patel ntiyahiriwe n’umunsi wa kabiri
6/07/2025 - 00:01
Rwanda Mountain Gorilla Rally 2025: Uko umunsi wa mbere wagenze
5/07/2025 - 11:54
Irebere uko ibirori bya ‘APR ku Ivuko’ byari byifashe ku Mulindi w’Intwari
4/07/2025 - 19:34
Ribara uwariraye - Ikiganiro cyihariye n’umuvugizi wungirije wa RDF
4/07/2025 - 08:36
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo