Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
| 
 | 
		
Izikunzwe cyane
												 
											17th Graduation Ceremony of INES Ruhengeri: 1,479 Graduates receive Bachelors and Masters Degrees
1/11/2025 - 11:45
												 
											Abahoze muri FDLR basoje amasomo, basubizwa mu buzima busanzwe
31/10/2025 - 07:25
												 
											Iby’ingenzi byagarutsweho mu kiganiro EdTech cyo kuri uyu wa 27 Ukwakira 2025
28/10/2025 - 13:33Iziheruka
													 
												Kurikira ikiganiro cya Minisitiri w’Intebe ku guteza imbere imibereho myiza hashingiwe ku buhinzi n’ubworozi
2/10/2025 - 18:32
													 
												NYIRINGANZO: Umva inzira y’inganzo ya Vestine bitaga Gakoni k’Abakobwa
30/09/2025 - 22:45
													 
												#EdTechMondays: Gufata ibyemezo bishingiye ku makuru mu rwego rw’uburezi mu Rwanda
30/09/2025 - 10:40
													 
												BIME AMATWI: Polisi irasaba Abanyarwanda kutemerera abatekamutwe kubarya utwabo
25/09/2025 - 23:29
													 
												President Kagame Explains What Keeps Him Awake Every Night
25/09/2025 - 23:15
													 
												Umva ikiganiro Minisitiri w’Intebe yagiranye n’abaturage ba Gisagara bakora muri Nyiramugengeri
24/09/2025 - 19:39
													 
												Umva uko inka imwe izajya ibyara izindi 16 ku mwaka
24/09/2025 - 12:44
													 
												Imbamutima z’Abanyarwanda bareba Shampiyona y’Isi y’Amagare ya 2025
22/09/2025 - 20:46
													 
												
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo