Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

PSG legends Jay Jay Okocha and Didier Domi arrived in Kigali as part of the VisitRwanda
7/07/2025 - 00:40
Irebere uko ibirori bya ‘APR ku Ivuko’ byari byifashe ku Mulindi w’Intwari
4/07/2025 - 19:34
Rwanda Mountain Gorilla Rally: Umunyakenya Karan Patel ntiyahiriwe n’umunsi wa kabiri
6/07/2025 - 00:01Iziheruka

No Comment!
8/06/2017 - 15:38
U Rwanda rwifatanije n’amahanga mu kwizihiza umunsi w’ibidukikije
7/06/2017 - 15:39
Abashakashatsi mu by’amateka bagize icyo bavuga ku gitabo "Mitingi Jenosideri"
5/06/2017 - 08:33
No Comment!
2/06/2017 - 15:35
No Comment!
2/06/2017 - 11:16
Byinshi wamenya ku gitabo "Mitingi Jenosideri" cyanditswe na Depite Bamporiki
30/05/2017 - 17:01
Byari ibirori i Nyamata ubwo haberaga umukino wo gusiganwa ku mapikipiki
28/05/2017 - 21:41
MINADEF yamuritse inzu 32 zubatswe n’inkeragutabara
26/05/2017 - 19:39
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo