Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Peak into Zaria Court Kigali-Rwanda
26/07/2025 - 11:52
U Rwanda imbere ibindi inyuma: Intego Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yinjiranye mu kazi
25/07/2025 - 22:01
Perezida Kagame yakiriye Indahiro y’abagize Guverinoma Nshya ashima Dr Ngirente
25/07/2025 - 21:54Iziheruka

Miss Naomie yahishuye uwo yahaga amahirwe (Twamusuye iwabo mu rugo)
1/03/2020 - 10:37
Ba Minisitiri bashya barahiye, Uw’uburezi aje guhindura iki?
1/03/2020 - 10:24
Irebere ubuhanga buhanitse bwa Niyo Bosco mu gucuranga Guitar
1/03/2020 - 10:13
Perezida Kagame yatashye One & Only Gorilla’s Nest iri mu Kinigi
28/02/2020 - 23:03
Umwe yarashwe arapfa, undi atabwa muri yombi
28/02/2020 - 19:34
Shaddy Boo yemeje abitabiriye Isozwa rya Miss Rwanda 2020
27/02/2020 - 23:07
Irebere uko abasore banyonga igare kuva i Kigali kugera i Huye
27/02/2020 - 22:58
Ari Rayon Sports n’amagare ni iki gikunzwe kurusha ikindi? Murenzi Abdallah aratanga igisubizo
27/02/2020 - 22:51
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo