Nyamara abandi babona uyu mugabo w’imyaka 65 nk’ugendera ku moko, ndetse ibikorwa bye byose biherekezwa n’inyungu zikomeye za politiki. Umva ubusesenguzi bw’Umushakashatsi kuri Jenoside Tom Ndahiro.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Umuhanzi Bruce Melody yageze mu Bubiligi
30/11/2017 - 15:32
WDA igiye guhugura abakozi 500 b’uruganda Hema Garments
29/11/2017 - 14:25
Kuva mu w’1998-2017 Gacuriro Vocation Training Center imaze kwigisha imyuga abagera kuri 7005
29/11/2017 - 09:11
Ese abakina Skatting mu Rwanda bakoreshwa n’amagini?
28/11/2017 - 08:33
Dore impamvu nyayo yatumye Cobra yakira agakiza
22/11/2017 - 12:17
Perezida wa Estonia Madame Kaljulaid yasuye MINAGRI anasura ibikorwa by’ikoranabuhanga muri Telecom House
17/11/2017 - 17:06
Perezida wa Estonia yunamiye inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi
16/11/2017 - 23:41
Reba imibyinire idasanzwe igaragara muri Tour du Rwanda 2017
15/11/2017 - 12:20
Ibyo Tom avuga nukuri Dr Mukwege nubwo yabonye igikombe.aliko ntiyigeze avuga abangiza abagore na bakobwa bo muli RDC impamvu ntakindi nuko abo alibo batumye abona ibyo bihembo ubundi ntiyari azwi kuli we byakomeza,akaguma kubona amadolali ntakimenyetso nikimwe avuga Gen Kabarebe yamushyize ho Gen ntaba muli Congo ibintu 2 agamije 1namafaranga 2 ni politiki ngo amenyekana afatanije nuriya watsinzwe amatora.ngo ni Fayuru nundi njiji yitwa,Muzito.aho kuvuga ukuri kubera hariya ngo bavuye abo FRDC yica i fata bavuga u Rwanda kuko ali bwo . bumvikana nta Ngabo yu Rwanda birerekana ko bayifatiye mumirwano hali kintu cyavuzwe najyaga nibaza abanyeCongo benshi birengagiza ukuri 1 ninde wabanje kwinjira mu Rwanda ni Congo yabanje kurwana.bibaniye bajya mugusahura 2ninde winjije Ex Far ni nterahamwe bafite intwaro ni Congo yabafunguriye imipaka bashakaga se ko batera byaturutse hariya bica abantu batwika tukarebera abanyeCongo icyo bashoboye,si urugamba bashoboye ibigambo gusa *