Nyamara abandi babona uyu mugabo w’imyaka 65 nk’ugendera ku moko, ndetse ibikorwa bye byose biherekezwa n’inyungu zikomeye za politiki. Umva ubusesenguzi bw’Umushakashatsi kuri Jenoside Tom Ndahiro.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Minisitiri w’Intebe yasuye umushinga w’ubuhinzi n’ubworozi wa Gabiro n’ibindi bikorwa
9/08/2025 - 17:03
Minisitiri w’Intebe yasuye uruganda rutunganya amakaro rwa Nyagatare
8/08/2025 - 16:36
NIDA yatangije ibikorwa biganisha ku gutanga Indangamuntu Koranabuhanga
8/08/2025 - 08:55Iziheruka

Umukandida wigenga Mpayimana Philippe yiyamarije mu turere twa Ngororero na Muhanga
27/07/2017 - 09:39
Umukandida wa FPR-Inkotanyi yakiriwe neza n’abaturage ba Nyabihu
27/07/2017 - 09:33
Umukandida wa Green Party Frank Habineza yakiriwe n’abaturage ba Kayonza na Rwamagana
26/07/2017 - 09:23
Umukandida wigenga Mpayimana Philippe yiyamamarije mu turere twa Ngororero na Muhanga
25/07/2017 - 20:43
"Umujyi wa Ngoma ugiye guhindura isura" - Umukandida wa FPR Inkotanyi
24/07/2017 - 13:25
Umukandida wa FPR-Inkotanyi yiyamamariza mu Karere ka Kirehe
24/07/2017 - 13:18
Umukandida wa Green Party Frank Habineza yiyamarije i Nyaruguru-Kibeho
24/07/2017 - 09:13
Uko byari bimeze ubwo umukandida wa FPR-Inkotanyi yiyamamarizaga mu Karere ka Rwamagana
23/07/2017 - 23:49
Ibyo Tom avuga nukuri Dr Mukwege nubwo yabonye igikombe.aliko ntiyigeze avuga abangiza abagore na bakobwa bo muli RDC impamvu ntakindi nuko abo alibo batumye abona ibyo bihembo ubundi ntiyari azwi kuli we byakomeza,akaguma kubona amadolali ntakimenyetso nikimwe avuga Gen Kabarebe yamushyize ho Gen ntaba muli Congo ibintu 2 agamije 1namafaranga 2 ni politiki ngo amenyekana afatanije nuriya watsinzwe amatora.ngo ni Fayuru nundi njiji yitwa,Muzito.aho kuvuga ukuri kubera hariya ngo bavuye abo FRDC yica i fata bavuga u Rwanda kuko ali bwo . bumvikana nta Ngabo yu Rwanda birerekana ko bayifatiye mumirwano hali kintu cyavuzwe najyaga nibaza abanyeCongo benshi birengagiza ukuri 1 ninde wabanje kwinjira mu Rwanda ni Congo yabanje kurwana.bibaniye bajya mugusahura 2ninde winjije Ex Far ni nterahamwe bafite intwaro ni Congo yabafunguriye imipaka bashakaga se ko batera byaturutse hariya bica abantu batwika tukarebera abanyeCongo icyo bashoboye,si urugamba bashoboye ibigambo gusa *