Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iyumvire icyo Knowless avuga ku kuba yaragabiwe na Perezida Kagame
24/12/2025 - 07:22
Polisi y’u Rwanda yerekanye imyitozo idasanzwe yo guhosha imyigaragambyo
23/12/2025 - 06:36
Polisi yijeje Abanyarwanda umutekano usesuye mu minsi mikuru
24/12/2025 - 13:21Iziheruka
Uko umuhango wo kwimika Musenyeri wa Diyosezi ya Byumba wagenze
17/05/2022 - 06:43
Menya imishinga ine yahize indi muri ‘iAccelerator’
17/05/2022 - 06:34
Uko umutekano wari wakajijwe ubwo Micomyiza yitabaga urukiko bwa mbere
17/05/2022 - 06:25
Abakinnyi ba PSG bahuye n’abafana mu Rwanda, baganira n’abana biga Football
3/05/2022 - 12:29
Abayisilamu bishimiye kongera guhurira kuri Sitade mu isengesho risoza Ramadhan
2/05/2022 - 18:21
Reba uko Micomyiza ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yagejejwe mu Rwanda
27/04/2022 - 18:47
Tariki 21 Mata 1994, umunsi w’icuraburindi ku Mayaga - Ubuhamya bw’abaharokokeye
22/04/2022 - 23:02
Mu banyapolitiki bibutswe, hiyongereyemo Ngurinzira waburiwe irengero
14/04/2022 - 20:24
Abantu bajya kunywa INZOGA nimugoroba ni benshi cyane.Ese ubundi kunywa inzoga koko ni icyaha?Reka turebe icyo bible ibivugaho:Nkuko bible ibyerekana,Imana yemera ko ubishatse yanywa Vino cyangwa Inzoga nkeya.Byisomere muli Tito 2,umurongo wa 3;Timotewo wa mbere 3,umurongo wa 8 na 1 Timote 5,umurongo wa 23.Ndetse Imana iha inzoga na Vino abantu ikunda.Nabyo bisome muli Gutegeka kwa kabiri/Deuteronomy 14,umurongo wa 26 na Yesaya 25,umurongo wa 6.Abantu benshi bumviraga Imana,banywaga inzoga,urugero ni Yakobo.Soma Intangiriro 27:25.Icyo Imana itubuza,ni ukurenza urugero,byaba inzoga cyangwa ibindi biryo.Nabyo byisomere muli Luka 21,umurongo wa 34.Muli Abefeso 5,umurongo wa 18,Imana itubuza gusinda.Muli 1 Yohana 4:1,Imana idusaba “gushishoza” aho gupfa kwemera ibyo abanyamadini batubwira byose.Ikibabaje nuko abanyamadini benshi cyane banywera inzoga mu ngo zabo,bihishe.This is Hypocrisy kandi imana yanga abantu bayiryarya kubera kwishakira imibereho.Nicyo yahoye Abafarisayo.
Gahunda yaguma mu rugo izadufasha kwirinda covid19