Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Dutemberane mu rugano ahavukiye Radio Muhabura, aho Ingabo za RPA zahinduriye amayeri y’urugamba
29/06/2025 - 15:48
I Nyanza Ingabo za EAC zirimo kuvura abaturage ku buntu
29/06/2025 - 20:56
Aba Ofisiye bakuru mu bihugu 9 by’Afurika basoje amasomo mu ishuri Rikuru rya Polisi y’u Rwanda
22/06/2025 - 17:13Iziheruka

Bafunzwe bazira kwiyitirira Polisi bagatanga uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga
26/09/2021 - 20:19
Umushoferi w’imbangukiragutabara akurikiranyweho kwiyitirira Polisi akambura abaturage
22/09/2021 - 18:54
Mu myanzuro y’urubanza rwa Rusesabagina: Dore ibyerekeye indishyi zizatangwa
21/09/2021 - 19:50
Akarere ka Kicukiro kifashishije kajugujugu mu bukangurambaga bwo kurwanya COVID-19
21/09/2021 - 18:42
Masamba asanga afitiye ideni injyana Gakondo
21/09/2021 - 18:22
Rusesabagina yakatiwe igifungo cy’imyaka 25, Sankara akatirwa 20
21/09/2021 - 18:15
Umujyi wa Kigali washyize ahantu hatandukanye intebe zo kuruhukiraho na murandasi y’ubuntu
19/09/2021 - 18:56
RDB yamurikiye abafasha ba mukerarugendo bo hirya no hino ku isi ibyiza bitatse u Rwanda
17/09/2021 - 20:01
Abantu bajya kunywa INZOGA nimugoroba ni benshi cyane.Ese ubundi kunywa inzoga koko ni icyaha?Reka turebe icyo bible ibivugaho:Nkuko bible ibyerekana,Imana yemera ko ubishatse yanywa Vino cyangwa Inzoga nkeya.Byisomere muli Tito 2,umurongo wa 3;Timotewo wa mbere 3,umurongo wa 8 na 1 Timote 5,umurongo wa 23.Ndetse Imana iha inzoga na Vino abantu ikunda.Nabyo bisome muli Gutegeka kwa kabiri/Deuteronomy 14,umurongo wa 26 na Yesaya 25,umurongo wa 6.Abantu benshi bumviraga Imana,banywaga inzoga,urugero ni Yakobo.Soma Intangiriro 27:25.Icyo Imana itubuza,ni ukurenza urugero,byaba inzoga cyangwa ibindi biryo.Nabyo byisomere muli Luka 21,umurongo wa 34.Muli Abefeso 5,umurongo wa 18,Imana itubuza gusinda.Muli 1 Yohana 4:1,Imana idusaba “gushishoza” aho gupfa kwemera ibyo abanyamadini batubwira byose.Ikibabaje nuko abanyamadini benshi cyane banywera inzoga mu ngo zabo,bihishe.This is Hypocrisy kandi imana yanga abantu bayiryarya kubera kwishakira imibereho.Nicyo yahoye Abafarisayo.
Gahunda yaguma mu rugo izadufasha kwirinda covid19