Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ali Kiba na Kevin Kade basusurukije abitabiriye igitaramo The Last Nihgt
1/01/2026 - 07:37
Ubucucike mu Mashuri, Guhohotera abangavu, Inkende zonera Abaturage - Ibiri muri raporo y’Abadepite
30/12/2025 - 00:06
Imanza ibihumbi 20 zakemutse binyuze mu buhuza mu myaka itatu ishize
10/12/2025 - 11:05Iziheruka
Rwanda’s First Lady Jeannette Kagame graces Kigali Triennial Fashion Show
25/02/2024 - 22:06
Gupima Kanseri mu Rwanda byaroroshye - Dr Sebahungu Fidèle
25/02/2024 - 21:50
Uko abahanzi bakiriye Iserukiramuco Mpuzamahanga rya Kigali Triennial
25/02/2024 - 21:44
Reba uko impunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zakiriwe
22/02/2024 - 14:15
Ihere ijisho ibirori byo gutangiza iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
17/02/2024 - 20:27
Karimba Deo na Makanyaga banyuze abitabiriye igitaramo cyitiriwe Kaberuka na Marita
13/02/2024 - 07:36
Irebere uko byari byifashe mu gitaramo cyitiriwe Kaberuka na Marita
13/02/2024 - 07:27
Berekanye ubuhanga budasanzwe muri Karate
13/02/2024 - 06:51
Abantu bajya kunywa INZOGA nimugoroba ni benshi cyane.Ese ubundi kunywa inzoga koko ni icyaha?Reka turebe icyo bible ibivugaho:Nkuko bible ibyerekana,Imana yemera ko ubishatse yanywa Vino cyangwa Inzoga nkeya.Byisomere muli Tito 2,umurongo wa 3;Timotewo wa mbere 3,umurongo wa 8 na 1 Timote 5,umurongo wa 23.Ndetse Imana iha inzoga na Vino abantu ikunda.Nabyo bisome muli Gutegeka kwa kabiri/Deuteronomy 14,umurongo wa 26 na Yesaya 25,umurongo wa 6.Abantu benshi bumviraga Imana,banywaga inzoga,urugero ni Yakobo.Soma Intangiriro 27:25.Icyo Imana itubuza,ni ukurenza urugero,byaba inzoga cyangwa ibindi biryo.Nabyo byisomere muli Luka 21,umurongo wa 34.Muli Abefeso 5,umurongo wa 18,Imana itubuza gusinda.Muli 1 Yohana 4:1,Imana idusaba “gushishoza” aho gupfa kwemera ibyo abanyamadini batubwira byose.Ikibabaje nuko abanyamadini benshi cyane banywera inzoga mu ngo zabo,bihishe.This is Hypocrisy kandi imana yanga abantu bayiryarya kubera kwishakira imibereho.Nicyo yahoye Abafarisayo.
Gahunda yaguma mu rugo izadufasha kwirinda covid19