Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Mu Rwanda hasojwe ikoraniro mpuzamahanga ry’Abahamya ba Yehova ryitabiriwe n’abarenga ibihumbi 40
10/08/2025 - 23:37
Minisitiri w’Intebe yasuye umushinga w’ubuhinzi n’ubworozi wa Gabiro n’ibindi bikorwa
9/08/2025 - 17:03
Minisitiri w’Intebe yasuye uruganda rutunganya amakaro rwa Nyagatare
8/08/2025 - 16:36Iziheruka

Twasuye ibirombe bya Zahabu y’u Rwanda: Dore uko itunganywa kugeza ijyanywe ku isoko
8/12/2023 - 11:49
Kayirebwa na Muyango bakuriwe ingofero muri BK Arena
27/11/2023 - 07:42
Rumaga na Ruti Joel bunamiye Yvan Buravan mu gitaramo cya Kigali Kulture Konnect
27/11/2023 - 07:38
Dore icyo umuhanzi asabwa mu guhatana muri ArtRwanda-Ubuhanzi III
5/11/2023 - 16:37
#RwandanEpic2023: The best of mountain bike in the rocky terrain of Rwanda
5/11/2023 - 16:05
Australia announced as host of the 24th WTTC Global Summit, as the 23rd edition concludes in Kigali
5/11/2023 - 13:18
Kiliziya Gatolika y’i Kabuga yasabiye abarenga 400 bashyinguye mu irimbi rya Rusororo
5/11/2023 - 13:03
23rd WTTC Global Summit: President Kagame and Samia Suluhu grace the Opening Ceremony
5/11/2023 - 12:54
Abantu bajya kunywa INZOGA nimugoroba ni benshi cyane.Ese ubundi kunywa inzoga koko ni icyaha?Reka turebe icyo bible ibivugaho:Nkuko bible ibyerekana,Imana yemera ko ubishatse yanywa Vino cyangwa Inzoga nkeya.Byisomere muli Tito 2,umurongo wa 3;Timotewo wa mbere 3,umurongo wa 8 na 1 Timote 5,umurongo wa 23.Ndetse Imana iha inzoga na Vino abantu ikunda.Nabyo bisome muli Gutegeka kwa kabiri/Deuteronomy 14,umurongo wa 26 na Yesaya 25,umurongo wa 6.Abantu benshi bumviraga Imana,banywaga inzoga,urugero ni Yakobo.Soma Intangiriro 27:25.Icyo Imana itubuza,ni ukurenza urugero,byaba inzoga cyangwa ibindi biryo.Nabyo byisomere muli Luka 21,umurongo wa 34.Muli Abefeso 5,umurongo wa 18,Imana itubuza gusinda.Muli 1 Yohana 4:1,Imana idusaba “gushishoza” aho gupfa kwemera ibyo abanyamadini batubwira byose.Ikibabaje nuko abanyamadini benshi cyane banywera inzoga mu ngo zabo,bihishe.This is Hypocrisy kandi imana yanga abantu bayiryarya kubera kwishakira imibereho.Nicyo yahoye Abafarisayo.
Gahunda yaguma mu rugo izadufasha kwirinda covid19