Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ali Kiba na Kevin Kade basusurukije abitabiriye igitaramo The Last Nihgt
1/01/2026 - 07:37
Ubucucike mu Mashuri, Guhohotera abangavu, Inkende zonera Abaturage - Ibiri muri raporo y’Abadepite
30/12/2025 - 00:06
Irebere uko Perezida Kagame na Infantino batangije FIFA Football Festival
26/12/2025 - 16:58Iziheruka
Rayon Sports yegukanye igikombe kiruta ibindi mu Rwanda itsinze APR fc
28/09/2017 - 09:09
Sheebah Karungi yatangaje byinshi mu byatumye agera kure
22/09/2017 - 23:01
Ijambo Perezida Kagame yagejeje ku nama rusange y’Umuryango w’Abibumbye
21/09/2017 - 14:38
Byinshi utamenye ku mukobwa wakuye se muri Gereza
20/09/2017 - 14:05
VIDEO: Byari ibyishimo bidasanzwe k’umuryango wa Yassin nyuma yo guhabwa imbabazi na Perezida Kagame
18/09/2017 - 09:18
VIDEO: Se w’umwana wateruwe na Perezida Kagame i Nyamirambo yafunguwe
18/09/2017 - 08:56
Bimwe mu byaranze umunsi wa mbere wa Rwanda Mountain Gorilla Rally 2017
9/09/2017 - 10:26
Umuhango wo gutangiza ku mugaragaro isiganwa Rwanda Mountain Gorilla Rally 2017
7/09/2017 - 21:30
Abantu bajya kunywa INZOGA nimugoroba ni benshi cyane.Ese ubundi kunywa inzoga koko ni icyaha?Reka turebe icyo bible ibivugaho:Nkuko bible ibyerekana,Imana yemera ko ubishatse yanywa Vino cyangwa Inzoga nkeya.Byisomere muli Tito 2,umurongo wa 3;Timotewo wa mbere 3,umurongo wa 8 na 1 Timote 5,umurongo wa 23.Ndetse Imana iha inzoga na Vino abantu ikunda.Nabyo bisome muli Gutegeka kwa kabiri/Deuteronomy 14,umurongo wa 26 na Yesaya 25,umurongo wa 6.Abantu benshi bumviraga Imana,banywaga inzoga,urugero ni Yakobo.Soma Intangiriro 27:25.Icyo Imana itubuza,ni ukurenza urugero,byaba inzoga cyangwa ibindi biryo.Nabyo byisomere muli Luka 21,umurongo wa 34.Muli Abefeso 5,umurongo wa 18,Imana itubuza gusinda.Muli 1 Yohana 4:1,Imana idusaba “gushishoza” aho gupfa kwemera ibyo abanyamadini batubwira byose.Ikibabaje nuko abanyamadini benshi cyane banywera inzoga mu ngo zabo,bihishe.This is Hypocrisy kandi imana yanga abantu bayiryarya kubera kwishakira imibereho.Nicyo yahoye Abafarisayo.
Gahunda yaguma mu rugo izadufasha kwirinda covid19