Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Umva uko inka imwe izajya ibyara izindi 16 ku mwaka
24/09/2025 - 12:44
Dutemberane na Minisitiri w’Intebe mu Mujyi wa Huye
22/09/2025 - 18:27
Umva ikiganiro Minisitiri w’Intebe yagiranye n’abaturage ba Gisagara bakora muri Nyiramugengeri
24/09/2025 - 19:39Iziheruka

Karongi: Abanyamuryango ba FPR-Inkotanyi bemereye Paul Kagame kuzamutora ijana ku ijana
30/07/2017 - 21:14
Itariki Enye Kanama Rero , Ngo Bite?
30/07/2017 - 07:34
Inkomoko y’indirimbo "Nda Ndambara yandera ubwoba"
29/07/2017 - 09:07
Umukandida Paul Kagame wa FPR-Inkotanyi yiyamamarije mu Karere ka Rutsiro
28/07/2017 - 09:41
Rubavu: Kwiyamamaza kwa Paul Kagame kwakurikiranywe n’abagera ku 300,000!
27/07/2017 - 22:04
Musanze: Abasaga 200,000 ni bo bakiriye umukandida wa FPR-Inkotanyi Paul Kagame
27/07/2017 - 09:48
Umukandida wigenga Mpayimana Philippe yiyamarije mu turere twa Ngororero na Muhanga
27/07/2017 - 09:39
Umukandida wa FPR-Inkotanyi yakiriwe neza n’abaturage ba Nyabihu
27/07/2017 - 09:33
Abantu bajya kunywa INZOGA nimugoroba ni benshi cyane.Ese ubundi kunywa inzoga koko ni icyaha?Reka turebe icyo bible ibivugaho:Nkuko bible ibyerekana,Imana yemera ko ubishatse yanywa Vino cyangwa Inzoga nkeya.Byisomere muli Tito 2,umurongo wa 3;Timotewo wa mbere 3,umurongo wa 8 na 1 Timote 5,umurongo wa 23.Ndetse Imana iha inzoga na Vino abantu ikunda.Nabyo bisome muli Gutegeka kwa kabiri/Deuteronomy 14,umurongo wa 26 na Yesaya 25,umurongo wa 6.Abantu benshi bumviraga Imana,banywaga inzoga,urugero ni Yakobo.Soma Intangiriro 27:25.Icyo Imana itubuza,ni ukurenza urugero,byaba inzoga cyangwa ibindi biryo.Nabyo byisomere muli Luka 21,umurongo wa 34.Muli Abefeso 5,umurongo wa 18,Imana itubuza gusinda.Muli 1 Yohana 4:1,Imana idusaba “gushishoza” aho gupfa kwemera ibyo abanyamadini batubwira byose.Ikibabaje nuko abanyamadini benshi cyane banywera inzoga mu ngo zabo,bihishe.This is Hypocrisy kandi imana yanga abantu bayiryarya kubera kwishakira imibereho.Nicyo yahoye Abafarisayo.
Gahunda yaguma mu rugo izadufasha kwirinda covid19