Ibitekerezo ( 19 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ingaruka za COVID-19 ku ngimbi n’abangavu
10/01/2022 - 12:40
Ikiganiro na Alain Mukurarinda, Umuvugizi wungirije wa Guverinoma
9/01/2022 - 14:17
Abantu 102 barimo n’abakina filime bafashwe barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19
2/01/2022 - 13:33
Umurenge wa Bumbogo wahembwe imodoka kubera ubudasa mu kurwanya Covid-19
29/12/2021 - 00:42
Ingengabihe y’irushanwa rya Miss Rwanda 2022 yamenyekanye
24/12/2021 - 21:04
Abantu 16 bafashwe bakorera ibirori bitemewe mu rugo, bane muri bo bafite COVID-19
22/12/2021 - 21:40
Uwa mbere atsindiye Frw1,000,000 muri tombola ya Inzozi Lotto
21/12/2021 - 17:19
Kigali: Hatashywe irerero ryita ku bana mu gihe ababyeyi babo bari mu kazi
17/12/2021 - 17:07
kuri njye sinumva ko dukwiye gukondana igikorwa n’abagitegura nta mwana uvuka ngo yuzure ingobyi. twaba tubaye nka bamwe bapinga sinema nyarwanda ngo ni amakinamico. byose ni ugutegur, naho uvuga ngo bavuge mu ndimi bumva icyo cyo nticyakoroha kuko biragoye kubona ingongo mu rulimi nziko n’iyo bavuga mu kinyarwanda twaseba kurushaho.mwijyendera kuri kariya kabazo kavutse icyatumye amahanga abimenya ni aabanyamakuru, kuko nzi ko bo bataduseka .utemeranya nanjy ambaze.
ariko se mana nk’uyu mukobwa ubize ibyuya akananirwa kuvuga muri public azirirwa ajya mu marushanwa ku rwego rw’igihugu?!!!ahaaaa ndabona bitoroshye.Nge mbona ubutaha bajya babanza kubategura mbere.bakabajonjora bakazana muri competition abo babona nibura bagerageza.
hari abandi bana bakiri bato bari gukura bazabidufashamo.