Ibitekerezo ( 19 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

3rd Session of the Joint Permanent Commission on Cooperation (JPCC) between Rwanda and Zimbabwe
7/08/2025 - 08:45
Irebere ibirori byo guha Impamyabushobozi za kaminuza Abofisiye ba RDF
4/08/2025 - 19:39
Inshingano za BNR mu kurengera inyungu z’abaturage no guteza imbere Ubukungu bw’Igihugu
4/08/2025 - 17:31Iziheruka

Umunyezamu Kimenyi Yves n’abo bafatanwe baricuza amakosa bakoze
21/08/2021 - 18:38
Abantu 29 batawe muri yombi bazira gutwara imodoka basinze
21/08/2021 - 09:58
Abarimo abageni batawe muri yombi bazira guhimba ibisubizo bya COVID-19
21/08/2021 - 09:44
Abatwara ibinyabiziga barasabwa kwitwararika kuko camera z’umuvuduko ziri maso
21/08/2021 - 09:30
Uruhare rw’abakorerabushake mu kurwanya COVID-19 ni ntagereranywa
21/08/2021 - 09:17
Gukoresha mubazi ku bamotari ni inyungu za nde?
18/08/2021 - 21:51
Agakiriro ka Gisozi kongeye gushya, hatikiriramo ibifite agaciro ka Miliyoni 500 Rwf
17/08/2021 - 17:40
Batawe muri yombi bazira gutwara ibinyabiziga banyoye inzoga
16/08/2021 - 22:02
kuri njye sinumva ko dukwiye gukondana igikorwa n’abagitegura nta mwana uvuka ngo yuzure ingobyi. twaba tubaye nka bamwe bapinga sinema nyarwanda ngo ni amakinamico. byose ni ugutegur, naho uvuga ngo bavuge mu ndimi bumva icyo cyo nticyakoroha kuko biragoye kubona ingongo mu rulimi nziko n’iyo bavuga mu kinyarwanda twaseba kurushaho.mwijyendera kuri kariya kabazo kavutse icyatumye amahanga abimenya ni aabanyamakuru, kuko nzi ko bo bataduseka .utemeranya nanjy ambaze.
ariko se mana nk’uyu mukobwa ubize ibyuya akananirwa kuvuga muri public azirirwa ajya mu marushanwa ku rwego rw’igihugu?!!!ahaaaa ndabona bitoroshye.Nge mbona ubutaha bajya babanza kubategura mbere.bakabajonjora bakazana muri competition abo babona nibura bagerageza.
hari abandi bana bakiri bato bari gukura bazabidufashamo.