Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53
IAS 2025 Delegates Enjoy Kigali Car-Free Roads
13/07/2025 - 14:40
RPF-Inkotanyi and China’s CPC Strengthen Ties with New Cooperation Agreements
22/06/2025 - 17:09Iziheruka

Temberana na Miss Rwanda mu bice nyaburanga by’Iburengerazuba
14/04/2016 - 10:15
Perezida Kagame yifatanyije n’urubyiruko muri ’Walk to Remember’
11/04/2016 - 22:31
Icyo kwibuka bisobanuye ku bahanzi Nyarwanda
11/04/2016 - 14:56
Perezida Magufuli yifatanyije n’abanyarwanda mu kwibuka Jenoside
7/04/2016 - 22:06
Perezida Kagame na Magufuli batashye ibiro bya Gasutamo ku Rusumo
7/04/2016 - 19:43
Impamvu nyayo yateye TETA DIANA gusezera muri PGGSS6
6/04/2016 - 12:30
Mushabizi n’umuhungu we batanze ikosora mu gukirigita inanga!
5/04/2016 - 16:52
Imbuto Foundation yongeye guhemba "Inkubito z’Icyeza"
5/04/2016 - 11:32