Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

The Press Conference on Kigali 2025 UCI Road World Championships
19/09/2025 - 17:14
Release of the Gross Domestic Product (GDP) figures for the 2nd Quarter of 2025 (April-June)
17/09/2025 - 21:57
BIME AMATWI : RIB iraburira abatekamutwe bakora ubwambuzi bushukana bifashishije telefone
17/09/2025 - 08:17Iziheruka

Turagutembereza mu mujyi wa San Francisco ugiye kwakira "Rwanda Cultural Day"
24/09/2016 - 10:02
2FACE IDIBIA yagarutse gutaramira mu Rwanda nyuma y’imyaka 16
23/09/2016 - 18:00
Nyamasheke ubutaka bw’umwimerere, igice cy’ubwiza bw’u Rwanda
23/09/2016 - 15:01
Bambino yafashwe n’inkongi y’umuriro
22/09/2016 - 09:21
Sogongera ku bitegurirwa abazitabira "Rwanda Cultural Day"
20/09/2016 - 08:42
SAUTI SOL yaje mu Rwanda kumurika umuzingo w’indirimbo "LIVE & DIE IN AFRIKA"
17/09/2016 - 15:25
Umwana muto wifuzaga guhura na Perezida Kagame, yakabije inzozi ze!
13/09/2016 - 20:35
"Hari umurongo ntarengwa ku bibwira ko bagirira nabi u Rwanda" - Kagame
11/09/2016 - 23:29