Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Dutemberane na Minisitiri w’Intebe mu Mujyi wa Huye
22/09/2025 - 18:27
Imbamutima z’Abanyarwanda bareba Shampiyona y’Isi y’Amagare ya 2025
22/09/2025 - 20:46
Minisitiri w’Intebe yaganiriye n’abaturage bo mu Karere ka Nyaruguru bakora mu bihinzi bw’icyayi
22/09/2025 - 17:27Iziheruka

Abantu batanu bakurikiranyweho uburiganya bwo kugurisha inzu n’ibibanza by’abandi
10/07/2021 - 21:48
Igipimo cy’Ubwiyunge mu Rwanda kigeze kuri 94.7% (ubushakashatsi bwa NURC)
10/07/2021 - 11:53
Gen Kabarebe yaganirije urubyiruko rw’Abanyarwanda baba muri Diaspora
10/07/2021 - 11:26
Sobanukirwa byinshi kuri gahunda yo guteza imbere ireme ry’uburezi mu mashuri y’imyuga n’ubumenyingiro (TVET)
7/07/2021 - 10:53
Umushoferi yafashwe ajyanye abagenzi i Musanze abakuye i Kigali
7/07/2021 - 10:09
Video: Urubyiruko rwafashwe rwizihiza isabukuru muri COVID-19
5/07/2021 - 14:47
Uyu munsi u Rwanda ntabwo ari Igihugu ku ikarita gusa - Perezida Kagame
5/07/2021 - 09:56
Abanyeshuri bongeye gutaha kubera Covid-19, abitegura ibizamini bya Leta barakeburwa
3/07/2021 - 18:52
Ndumva nishimye cyane bidasanzwe kubona nyampinga wacu wa 2016 yarafatiye umwanya urubyiruko ruri Iwawa akabaganiriza abereka ko bigishoboka ko bakora ibikorwa byindashyikirwa kubwabo nkuko yavugaga kandi koko ninako biri.Rero rwose pe mureke rubyiruko tubyumve cyane ko aritwe mbaraga zigihugu cyacu kandi birashoboka ko igihugu cyacu cyatera imbere cyane kikaba icyo gufatirwwaho urugero turamutse tubyumvise tugasenyera umugozi umwe tugakora ibikorwa byubaka tutikoresheje. Nshuti mureke twe kwangiza igihe twahawe dukora ibyingeso mbi,nitugikoreshs neza murebe ko ibintu bidahinduka tukubaka umuryango nyarwanda mwiza aho abana bacu bazishima bagakurana ubwonko butangijwe nakababaro dushobora kubateza biturutse kungeso mbi zacu.
Aha niho noneho nabo bazabona igihe cyo gutekereza kucyaduteza imbere twese hamwe ntibafate igihe kinini cyo kwiheba kubera ababyeyi.
Erega ubunyangamugayo ntacyo twabuhwanya nabwo,none iyo ababyeyi bacu bakora neza nizeyeko tuziranye ku mateka yacu nkabanyarwanda,none tuba tugeze kure.Rero ndabinginze ibyo tubihe agaciro kanini.Nsoje rero mbaza nti,birashoboka ko miss yasura ibyaro akaganiriza nabakobwa kuko barakabije muriyiminsi mugutwara inda zindaro.Ese bisaba iki kugirango aboneke,nasabaga ko mwansubiza.murakoze.