Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Minisitiri w’Intebe yaganiriye n’abaturage bo mu Karere ka Nyaruguru bakora mu bihinzi bw’icyayi
22/09/2025 - 17:27
The Press Conference on Kigali 2025 UCI Road World Championships
19/09/2025 - 17:14
Dutemberane na Minisitiri w’Intebe mu Mujyi wa Huye
22/09/2025 - 18:27Iziheruka

Yves Mutabazi na Moshions mu bahembwe na Jeannette Kagame
3/12/2021 - 14:59
Ihere ijisho uyu mukino ugaragaza ishusho ya Imbuto Foundation mu myaka 20 ishize
3/12/2021 - 14:44
Imyaka 20 ya Imbuto Foundation mu guhindura ubuzima bw’Abanyarwanda
3/12/2021 - 14:32
U Rwanda rwakiriye inkura z’umweru 30
30/11/2021 - 19:17
#ImbutoTurns20: Ubutumwa bwa Madamu Jeannette Kagame
28/11/2021 - 11:59
Umukino wa APR na Rayon Sports watumye 15 barara muri kasho
24/11/2021 - 20:50
Umuryango ni umusingi w’uko tuzabaho ejo hazaza - Jeannette Kagame
22/11/2021 - 14:43
Ihere ijisho Akarasisi karyoshye mu kwinjiza abapolisi bato muri Polisi y’u Rwanda
22/11/2021 - 14:31
Ndumva nishimye cyane bidasanzwe kubona nyampinga wacu wa 2016 yarafatiye umwanya urubyiruko ruri Iwawa akabaganiriza abereka ko bigishoboka ko bakora ibikorwa byindashyikirwa kubwabo nkuko yavugaga kandi koko ninako biri.Rero rwose pe mureke rubyiruko tubyumve cyane ko aritwe mbaraga zigihugu cyacu kandi birashoboka ko igihugu cyacu cyatera imbere cyane kikaba icyo gufatirwwaho urugero turamutse tubyumvise tugasenyera umugozi umwe tugakora ibikorwa byubaka tutikoresheje. Nshuti mureke twe kwangiza igihe twahawe dukora ibyingeso mbi,nitugikoreshs neza murebe ko ibintu bidahinduka tukubaka umuryango nyarwanda mwiza aho abana bacu bazishima bagakurana ubwonko butangijwe nakababaro dushobora kubateza biturutse kungeso mbi zacu.
Aha niho noneho nabo bazabona igihe cyo gutekereza kucyaduteza imbere twese hamwe ntibafate igihe kinini cyo kwiheba kubera ababyeyi.
Erega ubunyangamugayo ntacyo twabuhwanya nabwo,none iyo ababyeyi bacu bakora neza nizeyeko tuziranye ku mateka yacu nkabanyarwanda,none tuba tugeze kure.Rero ndabinginze ibyo tubihe agaciro kanini.Nsoje rero mbaza nti,birashoboka ko miss yasura ibyaro akaganiriza nabakobwa kuko barakabije muriyiminsi mugutwara inda zindaro.Ese bisaba iki kugirango aboneke,nasabaga ko mwansubiza.murakoze.