Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Rwanda Concludes 18th African Command and Staff Colleges Chief Instructors’ Workshop
25/07/2025 - 00:33
Perezida Kagame yakiriye Indahiro y’abagize Guverinoma Nshya ashima Dr Ngirente
25/07/2025 - 21:54
U Rwanda imbere ibindi inyuma: Intego Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yinjiranye mu kazi
25/07/2025 - 22:01Iziheruka

Telefone ‘Spark 10 TECNO’ yageze ku isoko, menya umwihariko wayo
25/03/2023 - 19:28
Spectacular drone show lights up Kigali as Rwanda gears up for Veterans Football Championship - 2024
20/03/2023 - 21:37
Jay Jay Okocha and other football legends interact with Rwandan University students
20/03/2023 - 21:32
UK Home Secretary lays foundation stone for Gahanga building project
20/03/2023 - 21:28
U Rwanda rugiye kwakira imikino ihuza Polisi z’ibihugu bya EAC. Polisi y’u Rwanda yiteguye ite?
19/03/2023 - 19:08
UK Home Secretary Suella Braverman & Rwanda’s Foreign Affairs Minister address the Press in Kigali
18/03/2023 - 22:01
Gen Marcel Gatsinzi yasezeweho bwa nyuma, Perezida Kagame akomeza umuryango we
16/03/2023 - 23:23
Twaganiriye na Mama Pakita, umukobwa wa Karasira J. Jacques hamwe n’abahoze muri Pakita
16/03/2023 - 15:08
Ndumva nishimye cyane bidasanzwe kubona nyampinga wacu wa 2016 yarafatiye umwanya urubyiruko ruri Iwawa akabaganiriza abereka ko bigishoboka ko bakora ibikorwa byindashyikirwa kubwabo nkuko yavugaga kandi koko ninako biri.Rero rwose pe mureke rubyiruko tubyumve cyane ko aritwe mbaraga zigihugu cyacu kandi birashoboka ko igihugu cyacu cyatera imbere cyane kikaba icyo gufatirwwaho urugero turamutse tubyumvise tugasenyera umugozi umwe tugakora ibikorwa byubaka tutikoresheje. Nshuti mureke twe kwangiza igihe twahawe dukora ibyingeso mbi,nitugikoreshs neza murebe ko ibintu bidahinduka tukubaka umuryango nyarwanda mwiza aho abana bacu bazishima bagakurana ubwonko butangijwe nakababaro dushobora kubateza biturutse kungeso mbi zacu.
Aha niho noneho nabo bazabona igihe cyo gutekereza kucyaduteza imbere twese hamwe ntibafate igihe kinini cyo kwiheba kubera ababyeyi.
Erega ubunyangamugayo ntacyo twabuhwanya nabwo,none iyo ababyeyi bacu bakora neza nizeyeko tuziranye ku mateka yacu nkabanyarwanda,none tuba tugeze kure.Rero ndabinginze ibyo tubihe agaciro kanini.Nsoje rero mbaza nti,birashoboka ko miss yasura ibyaro akaganiriza nabakobwa kuko barakabije muriyiminsi mugutwara inda zindaro.Ese bisaba iki kugirango aboneke,nasabaga ko mwansubiza.murakoze.