Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Buri wese afite umugabane agomba gusubiza, ntitukabazwe umugabane w’Abandi – Perezida Kagame
11/12/2025 - 22:58
KT signed MoU with Rwanda Premier League as official media Partner for next two seasons
13/12/2025 - 12:24
Imanza ibihumbi 20 zakemutse binyuze mu buhuza mu myaka itatu ishize
10/12/2025 - 11:05Iziheruka
Kayirebwa yishimiye guhura n’umukobwa wa Rujindiri
13/02/2024 - 06:22
NYIRINGANZO: Ngombwa wahimbye ‘Ziravumera’ ababajwe n’abakomeje kumwiba indirimbo
13/02/2024 - 06:05
CG (Rtd) Emmanuel Gasana yasubiye mu igororero nyuma y’uruhushya yari yahawe
8/02/2024 - 23:05
Abakozi 66 bo mu nkiko bahaniwe ruswa kuva 2005-2023
8/02/2024 - 22:53
President Kagame: We have much to offer each other
8/02/2024 - 22:17
We are ready when you are, TheCityUK’s invitation to Rwanda Finance Institutions
8/02/2024 - 22:09
President Kagame Welcomes Polish President at Village Urugwiro
7/02/2024 - 22:46
Reba uko umuhango wo gushyingura Pastor Ezra Mpyisi wagenze
6/02/2024 - 11:04
Ndumva nishimye cyane bidasanzwe kubona nyampinga wacu wa 2016 yarafatiye umwanya urubyiruko ruri Iwawa akabaganiriza abereka ko bigishoboka ko bakora ibikorwa byindashyikirwa kubwabo nkuko yavugaga kandi koko ninako biri.Rero rwose pe mureke rubyiruko tubyumve cyane ko aritwe mbaraga zigihugu cyacu kandi birashoboka ko igihugu cyacu cyatera imbere cyane kikaba icyo gufatirwwaho urugero turamutse tubyumvise tugasenyera umugozi umwe tugakora ibikorwa byubaka tutikoresheje. Nshuti mureke twe kwangiza igihe twahawe dukora ibyingeso mbi,nitugikoreshs neza murebe ko ibintu bidahinduka tukubaka umuryango nyarwanda mwiza aho abana bacu bazishima bagakurana ubwonko butangijwe nakababaro dushobora kubateza biturutse kungeso mbi zacu.
Aha niho noneho nabo bazabona igihe cyo gutekereza kucyaduteza imbere twese hamwe ntibafate igihe kinini cyo kwiheba kubera ababyeyi.
Erega ubunyangamugayo ntacyo twabuhwanya nabwo,none iyo ababyeyi bacu bakora neza nizeyeko tuziranye ku mateka yacu nkabanyarwanda,none tuba tugeze kure.Rero ndabinginze ibyo tubihe agaciro kanini.Nsoje rero mbaza nti,birashoboka ko miss yasura ibyaro akaganiriza nabakobwa kuko barakabije muriyiminsi mugutwara inda zindaro.Ese bisaba iki kugirango aboneke,nasabaga ko mwansubiza.murakoze.