Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

BIME AMATWI : RIB iraburira abatekamutwe bakora ubwambuzi bushukana bifashishije telefone
17/09/2025 - 08:17
Release of the Gross Domestic Product (GDP) figures for the 2nd Quarter of 2025 (April-June)
17/09/2025 - 21:57
Rwanda, a light in darkness. Doesn’t Compete with others, but itself: UAE Strategist Amjad Taha
16/09/2025 - 16:32Iziheruka

Harimo icyumba cya VAR : Stade Amahoro hasigaye kuyitaha
7/06/2024 - 09:58
Minisitiri Bizimana: Uko irondabwoko rya Leta ryimitswe n’Abakoloni na PARMEHUTU
7/06/2024 - 09:48
Babyeyi b’Intwaza, muri ishuri twigiraho ubudaheranwa tuvuga iteka
7/06/2024 - 09:26
Reba uko byari byifashe ubwo Perezida Paul Kagame yatangaga kandidature
17/05/2024 - 15:36
Ikiganiro na Mukuralinda ku mubano w’u Rwanda n’amahanga
9/05/2024 - 12:16
Yigeze guhunga kubera ko se yamubuzaga gusabana n’Abatutsi (Ubuhamya)
9/05/2024 - 12:06
Imihigo y’abakinnyi n’abatoza ba APR BBC bitabiriye BAL muri Senegal
30/04/2024 - 14:45
Kurikira ikiganiro ‘EdTech’ ku guteza imbere ikoranabuhanga mu burezi
30/04/2024 - 14:13
Ndumva nishimye cyane bidasanzwe kubona nyampinga wacu wa 2016 yarafatiye umwanya urubyiruko ruri Iwawa akabaganiriza abereka ko bigishoboka ko bakora ibikorwa byindashyikirwa kubwabo nkuko yavugaga kandi koko ninako biri.Rero rwose pe mureke rubyiruko tubyumve cyane ko aritwe mbaraga zigihugu cyacu kandi birashoboka ko igihugu cyacu cyatera imbere cyane kikaba icyo gufatirwwaho urugero turamutse tubyumvise tugasenyera umugozi umwe tugakora ibikorwa byubaka tutikoresheje. Nshuti mureke twe kwangiza igihe twahawe dukora ibyingeso mbi,nitugikoreshs neza murebe ko ibintu bidahinduka tukubaka umuryango nyarwanda mwiza aho abana bacu bazishima bagakurana ubwonko butangijwe nakababaro dushobora kubateza biturutse kungeso mbi zacu.
Aha niho noneho nabo bazabona igihe cyo gutekereza kucyaduteza imbere twese hamwe ntibafate igihe kinini cyo kwiheba kubera ababyeyi.
Erega ubunyangamugayo ntacyo twabuhwanya nabwo,none iyo ababyeyi bacu bakora neza nizeyeko tuziranye ku mateka yacu nkabanyarwanda,none tuba tugeze kure.Rero ndabinginze ibyo tubihe agaciro kanini.Nsoje rero mbaza nti,birashoboka ko miss yasura ibyaro akaganiriza nabakobwa kuko barakabije muriyiminsi mugutwara inda zindaro.Ese bisaba iki kugirango aboneke,nasabaga ko mwansubiza.murakoze.