Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Buri wese afite umugabane agomba gusubiza, ntitukabazwe umugabane w’Abandi – Perezida Kagame
11/12/2025 - 22:58
Imanza ibihumbi 20 zakemutse binyuze mu buhuza mu myaka itatu ishize
10/12/2025 - 11:05
Volleyball: Police yatsinze Kepler bigoranye amaseti 3-2
6/12/2025 - 12:09Iziheruka
Mu Rwanda havumbuwe ikoranabuhanga ryo kwatsa no kuzimya imodoka ukoresheje telephone!
30/05/2014 - 10:11
Udushya twaranze igitaramo cya Guma Guma i Kabarondo!
22/05/2014 - 11:03
BOB MARLEY NI MUNTU KI
12/05/2014 - 09:00
Uburyo abahanzi bari muri Guma Guma bitwaye mu gitaramo bakoreye i Huye
6/05/2014 - 14:08
Abahanzi bari muri Guma Guma bitabiriye umuganda batanga n’amashanyarazi
2/05/2014 - 17:45
Amasomo y’imyuga mu gufasha abarokotse Jenoside kongera kwiyubaka
23/04/2014 - 10:14
Umukozi wo mu rugo ushinjwa kwica umwana amukase ijosi, yasabiwe gufungwa burundu
18/04/2014 - 13:16
Abahanzi bari muri Primus Guma Guma Superstar mu bikorwa byo kwibuka Jenocide
15/04/2014 - 10:09
Ndumva nishimye cyane bidasanzwe kubona nyampinga wacu wa 2016 yarafatiye umwanya urubyiruko ruri Iwawa akabaganiriza abereka ko bigishoboka ko bakora ibikorwa byindashyikirwa kubwabo nkuko yavugaga kandi koko ninako biri.Rero rwose pe mureke rubyiruko tubyumve cyane ko aritwe mbaraga zigihugu cyacu kandi birashoboka ko igihugu cyacu cyatera imbere cyane kikaba icyo gufatirwwaho urugero turamutse tubyumvise tugasenyera umugozi umwe tugakora ibikorwa byubaka tutikoresheje. Nshuti mureke twe kwangiza igihe twahawe dukora ibyingeso mbi,nitugikoreshs neza murebe ko ibintu bidahinduka tukubaka umuryango nyarwanda mwiza aho abana bacu bazishima bagakurana ubwonko butangijwe nakababaro dushobora kubateza biturutse kungeso mbi zacu.
Aha niho noneho nabo bazabona igihe cyo gutekereza kucyaduteza imbere twese hamwe ntibafate igihe kinini cyo kwiheba kubera ababyeyi.
Erega ubunyangamugayo ntacyo twabuhwanya nabwo,none iyo ababyeyi bacu bakora neza nizeyeko tuziranye ku mateka yacu nkabanyarwanda,none tuba tugeze kure.Rero ndabinginze ibyo tubihe agaciro kanini.Nsoje rero mbaza nti,birashoboka ko miss yasura ibyaro akaganiriza nabakobwa kuko barakabije muriyiminsi mugutwara inda zindaro.Ese bisaba iki kugirango aboneke,nasabaga ko mwansubiza.murakoze.