Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Buri wese afite umugabane agomba gusubiza, ntitukabazwe umugabane w’Abandi – Perezida Kagame
11/12/2025 - 22:58
Imanza ibihumbi 20 zakemutse binyuze mu buhuza mu myaka itatu ishize
10/12/2025 - 11:05
Volleyball: Police yatsinze Kepler bigoranye amaseti 3-2
6/12/2025 - 12:09Iziheruka
Ubuhamya bw’umusore wagizwe imbata n’ibiyobyabwenge
12/02/2016 - 15:47
Bamwe mu bahanzi Nyarwanda bateguye ibitaramo bibanziriza umunsi wabakundana
12/02/2016 - 12:03
Abahatanira ikamba rya Miss Rwanda 2016 basuye urwibutso rwa Jenoside rwa Ntarama
11/02/2016 - 09:18
Ni bande batowe ku munsi wa mbere w’amatora y’abayobozi b’inzego z’ibanze?
11/02/2016 - 09:08
Umuryango w’Abibumbye urashima iterambere ry’inganda mu Rwanda
4/02/2016 - 22:15
Imigabo n’imigambi y’abakobwa 25 bahatanira ikamba rya Miss Rwanda 2016 (Igice cya Gatatu)
4/02/2016 - 16:58
Imigabo n’imigambi y’abakobwa 25 bahatanira ikamba rya Miss Rwanda 2016 (Igice cya Kabiri)
3/02/2016 - 16:48
Imigabo n’imigambi y’abakobwa 25 bahatanira ikamba rya Miss Rwanda 2016
2/02/2016 - 14:23
Ndumva nishimye cyane bidasanzwe kubona nyampinga wacu wa 2016 yarafatiye umwanya urubyiruko ruri Iwawa akabaganiriza abereka ko bigishoboka ko bakora ibikorwa byindashyikirwa kubwabo nkuko yavugaga kandi koko ninako biri.Rero rwose pe mureke rubyiruko tubyumve cyane ko aritwe mbaraga zigihugu cyacu kandi birashoboka ko igihugu cyacu cyatera imbere cyane kikaba icyo gufatirwwaho urugero turamutse tubyumvise tugasenyera umugozi umwe tugakora ibikorwa byubaka tutikoresheje. Nshuti mureke twe kwangiza igihe twahawe dukora ibyingeso mbi,nitugikoreshs neza murebe ko ibintu bidahinduka tukubaka umuryango nyarwanda mwiza aho abana bacu bazishima bagakurana ubwonko butangijwe nakababaro dushobora kubateza biturutse kungeso mbi zacu.
Aha niho noneho nabo bazabona igihe cyo gutekereza kucyaduteza imbere twese hamwe ntibafate igihe kinini cyo kwiheba kubera ababyeyi.
Erega ubunyangamugayo ntacyo twabuhwanya nabwo,none iyo ababyeyi bacu bakora neza nizeyeko tuziranye ku mateka yacu nkabanyarwanda,none tuba tugeze kure.Rero ndabinginze ibyo tubihe agaciro kanini.Nsoje rero mbaza nti,birashoboka ko miss yasura ibyaro akaganiriza nabakobwa kuko barakabije muriyiminsi mugutwara inda zindaro.Ese bisaba iki kugirango aboneke,nasabaga ko mwansubiza.murakoze.