Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53
IAS 2025 Delegates Enjoy Kigali Car-Free Roads
13/07/2025 - 14:40
Tujyane ku Mulindi w’Intwari aho amakipe ya APR yavukiye, ikiganiro kuri APR Basketball
10/07/2025 - 09:12Iziheruka

Perezida Kagame yasheshe Inteko Ishinga Amategeko, Umutwe w’Abadepite
15/06/2024 - 06:47
Kwiremereza bicike burundu - Perezida Kagame yakira indahiro z’abayobozi bashya
15/06/2024 - 06:35
Minisitiri Bizimana yasabye urubyiruko kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside
10/06/2024 - 22:40
Kigali Peace Marathon 2024 attracts 10,000 athletes as Kenyans dominate the race
10/06/2024 - 22:27
Madamu Jeannette Kagame arasaba urubyiruko kwamagana abashaka gusenya ibyo u Rwanda rwagezeho
8/06/2024 - 22:10
First Lady attends Green Hills Academy Class of 2024 Graduation Ceremony
8/06/2024 - 22:06
12th Intake of Senior Officers from RDF, National Police & Allied Armed Forces Graduate
8/06/2024 - 21:59
President Kagame officiates the Graduation Ceremony of Africa Leadership University
8/06/2024 - 04:43
Ndumva nishimye cyane bidasanzwe kubona nyampinga wacu wa 2016 yarafatiye umwanya urubyiruko ruri Iwawa akabaganiriza abereka ko bigishoboka ko bakora ibikorwa byindashyikirwa kubwabo nkuko yavugaga kandi koko ninako biri.Rero rwose pe mureke rubyiruko tubyumve cyane ko aritwe mbaraga zigihugu cyacu kandi birashoboka ko igihugu cyacu cyatera imbere cyane kikaba icyo gufatirwwaho urugero turamutse tubyumvise tugasenyera umugozi umwe tugakora ibikorwa byubaka tutikoresheje. Nshuti mureke twe kwangiza igihe twahawe dukora ibyingeso mbi,nitugikoreshs neza murebe ko ibintu bidahinduka tukubaka umuryango nyarwanda mwiza aho abana bacu bazishima bagakurana ubwonko butangijwe nakababaro dushobora kubateza biturutse kungeso mbi zacu.
Aha niho noneho nabo bazabona igihe cyo gutekereza kucyaduteza imbere twese hamwe ntibafate igihe kinini cyo kwiheba kubera ababyeyi.
Erega ubunyangamugayo ntacyo twabuhwanya nabwo,none iyo ababyeyi bacu bakora neza nizeyeko tuziranye ku mateka yacu nkabanyarwanda,none tuba tugeze kure.Rero ndabinginze ibyo tubihe agaciro kanini.Nsoje rero mbaza nti,birashoboka ko miss yasura ibyaro akaganiriza nabakobwa kuko barakabije muriyiminsi mugutwara inda zindaro.Ese bisaba iki kugirango aboneke,nasabaga ko mwansubiza.murakoze.