Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Buri wese afite umugabane agomba gusubiza, ntitukabazwe umugabane w’Abandi – Perezida Kagame
11/12/2025 - 22:58
Abazagura itike y’Igitaramo ‘The Nu Year Groove’ bakoresheje ikarita za BK bazagabanyirizwa
15/12/2025 - 21:04
KT signed MoU with Rwanda Premier League as official media Partner for next two seasons
13/12/2025 - 12:24Iziheruka
Ubushotoranyi bw’u Bufaransa ntibuzongera kwihanganirwa mu Rwanda
11/11/2016 - 12:11
Amatora yo muri America asigiye isomo abanyarwanda
11/11/2016 - 12:02
Madame wa Perezida wa Benin yunamiye inzirakarengane za Jenoside
10/11/2016 - 12:52
Ibihe by’ingenzi byaranze ibirori by’isabukuru ya Unity Club
9/11/2016 - 13:28
Musanze na Kamonyi baravuga ibigwi gahunda ya NEP-Kora Wigire
2/11/2016 - 11:14
Uwase Annick niwe wegukanye ikamba rya Miss IPRC Kigali TSS 2016
31/10/2016 - 13:25
Hatangijwe ubukangurambaga kuri gahunda ya NEP - Kora Wigire
28/10/2016 - 09:16
Bimwe mu byaranze amasiganwa ategura Tour du Rwanda 2016
27/10/2016 - 14:54
Ndumva nishimye cyane bidasanzwe kubona nyampinga wacu wa 2016 yarafatiye umwanya urubyiruko ruri Iwawa akabaganiriza abereka ko bigishoboka ko bakora ibikorwa byindashyikirwa kubwabo nkuko yavugaga kandi koko ninako biri.Rero rwose pe mureke rubyiruko tubyumve cyane ko aritwe mbaraga zigihugu cyacu kandi birashoboka ko igihugu cyacu cyatera imbere cyane kikaba icyo gufatirwwaho urugero turamutse tubyumvise tugasenyera umugozi umwe tugakora ibikorwa byubaka tutikoresheje. Nshuti mureke twe kwangiza igihe twahawe dukora ibyingeso mbi,nitugikoreshs neza murebe ko ibintu bidahinduka tukubaka umuryango nyarwanda mwiza aho abana bacu bazishima bagakurana ubwonko butangijwe nakababaro dushobora kubateza biturutse kungeso mbi zacu.
Aha niho noneho nabo bazabona igihe cyo gutekereza kucyaduteza imbere twese hamwe ntibafate igihe kinini cyo kwiheba kubera ababyeyi.
Erega ubunyangamugayo ntacyo twabuhwanya nabwo,none iyo ababyeyi bacu bakora neza nizeyeko tuziranye ku mateka yacu nkabanyarwanda,none tuba tugeze kure.Rero ndabinginze ibyo tubihe agaciro kanini.Nsoje rero mbaza nti,birashoboka ko miss yasura ibyaro akaganiriza nabakobwa kuko barakabije muriyiminsi mugutwara inda zindaro.Ese bisaba iki kugirango aboneke,nasabaga ko mwansubiza.murakoze.