Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Mu Rwanda hasojwe ikoraniro mpuzamahanga ry’Abahamya ba Yehova ryitabiriwe n’abarenga ibihumbi 40
10/08/2025 - 23:37
Minisitiri w’Intebe yasuye umushinga w’ubuhinzi n’ubworozi wa Gabiro n’ibindi bikorwa
9/08/2025 - 17:03
Minisitiri w’Intebe yasuye uruganda rutunganya amakaro rwa Nyagatare
8/08/2025 - 16:36Iziheruka

Perezida Kagame yakiriye Minisitiri wa Nigeria ushinzwe Itumanaho
26/01/2017 - 17:12
Miss Rwanda 2017: Batanu nibo batorewe guhagararira intara y’iburasirazuba
25/01/2017 - 12:28
Abambasaderi 6 bashyikirije Perezida Kagame impapuro zibemerera guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda
24/01/2017 - 11:30
Miss Rwanda 2017: bane bahataniraga guhagararira amajyepfo bakomeje bose
23/01/2017 - 10:50
Uko byari bimeze ubwo imvura idasanzwe yagwaga mu mujyi wa Kigali
23/01/2017 - 10:33
MUSANZE: Kugemura urwagwa bibinjiriza menshi
19/01/2017 - 19:08
Nzayisenga Sophie amaze kwogoga Isi kubera gucuranga inanga
19/01/2017 - 18:50
Itsinda rya Active bashyize hanze amashusho y’indirimbo yabo "FINAL"
18/01/2017 - 15:07
Ndumva nishimye cyane bidasanzwe kubona nyampinga wacu wa 2016 yarafatiye umwanya urubyiruko ruri Iwawa akabaganiriza abereka ko bigishoboka ko bakora ibikorwa byindashyikirwa kubwabo nkuko yavugaga kandi koko ninako biri.Rero rwose pe mureke rubyiruko tubyumve cyane ko aritwe mbaraga zigihugu cyacu kandi birashoboka ko igihugu cyacu cyatera imbere cyane kikaba icyo gufatirwwaho urugero turamutse tubyumvise tugasenyera umugozi umwe tugakora ibikorwa byubaka tutikoresheje. Nshuti mureke twe kwangiza igihe twahawe dukora ibyingeso mbi,nitugikoreshs neza murebe ko ibintu bidahinduka tukubaka umuryango nyarwanda mwiza aho abana bacu bazishima bagakurana ubwonko butangijwe nakababaro dushobora kubateza biturutse kungeso mbi zacu.
Aha niho noneho nabo bazabona igihe cyo gutekereza kucyaduteza imbere twese hamwe ntibafate igihe kinini cyo kwiheba kubera ababyeyi.
Erega ubunyangamugayo ntacyo twabuhwanya nabwo,none iyo ababyeyi bacu bakora neza nizeyeko tuziranye ku mateka yacu nkabanyarwanda,none tuba tugeze kure.Rero ndabinginze ibyo tubihe agaciro kanini.Nsoje rero mbaza nti,birashoboka ko miss yasura ibyaro akaganiriza nabakobwa kuko barakabije muriyiminsi mugutwara inda zindaro.Ese bisaba iki kugirango aboneke,nasabaga ko mwansubiza.murakoze.