Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Mu Rwanda hasojwe ikoraniro mpuzamahanga ry’Abahamya ba Yehova ryitabiriwe n’abarenga ibihumbi 40
10/08/2025 - 23:37
Minisitiri w’Intebe yasuye umushinga w’ubuhinzi n’ubworozi wa Gabiro n’ibindi bikorwa
9/08/2025 - 17:03
Minisitiri w’Intebe yasuye uruganda rutunganya amakaro rwa Nyagatare
8/08/2025 - 16:36Iziheruka

Uruzinduko rw’akazi Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia yagiriye mu Rwanda
1/05/2017 - 10:27
Abanyamakuru bo mu Rwanda basoje icyiciro cya II cy’Itorero
29/04/2017 - 14:59
Kurikirana ubuhamya bwa Kalisa warokoye Abatutsi benshi
27/04/2017 - 09:21
Rayon Sports isezerewe na Rivers United muri Caf Confederations Cup
23/04/2017 - 09:45
Umuhango wo gushyingura Sayinzoga Jean
21/04/2017 - 08:06
Umunsi wa kabiri w’uruzinduko rw’akazi Perezida Kagame yagiriye muri Djibouti
20/04/2017 - 17:06
Umurinzi w’igihango Karamaga ahangayikishijwe n’abamuhamagara bamutera ubwoba
20/04/2017 - 17:01
Umunsi wa mbere w’uruzinduko rw’akazi Perezida Kagame yagiriye muri Djibouti
18/04/2017 - 20:26
Ndumva nishimye cyane bidasanzwe kubona nyampinga wacu wa 2016 yarafatiye umwanya urubyiruko ruri Iwawa akabaganiriza abereka ko bigishoboka ko bakora ibikorwa byindashyikirwa kubwabo nkuko yavugaga kandi koko ninako biri.Rero rwose pe mureke rubyiruko tubyumve cyane ko aritwe mbaraga zigihugu cyacu kandi birashoboka ko igihugu cyacu cyatera imbere cyane kikaba icyo gufatirwwaho urugero turamutse tubyumvise tugasenyera umugozi umwe tugakora ibikorwa byubaka tutikoresheje. Nshuti mureke twe kwangiza igihe twahawe dukora ibyingeso mbi,nitugikoreshs neza murebe ko ibintu bidahinduka tukubaka umuryango nyarwanda mwiza aho abana bacu bazishima bagakurana ubwonko butangijwe nakababaro dushobora kubateza biturutse kungeso mbi zacu.
Aha niho noneho nabo bazabona igihe cyo gutekereza kucyaduteza imbere twese hamwe ntibafate igihe kinini cyo kwiheba kubera ababyeyi.
Erega ubunyangamugayo ntacyo twabuhwanya nabwo,none iyo ababyeyi bacu bakora neza nizeyeko tuziranye ku mateka yacu nkabanyarwanda,none tuba tugeze kure.Rero ndabinginze ibyo tubihe agaciro kanini.Nsoje rero mbaza nti,birashoboka ko miss yasura ibyaro akaganiriza nabakobwa kuko barakabije muriyiminsi mugutwara inda zindaro.Ese bisaba iki kugirango aboneke,nasabaga ko mwansubiza.murakoze.