Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

NIDA yatangije ibikorwa biganisha ku gutanga Indangamuntu Koranabuhanga
8/08/2025 - 08:55
3rd Session of the Joint Permanent Commission on Cooperation (JPCC) between Rwanda and Zimbabwe
7/08/2025 - 08:45
Minisitiri w’Intebe yasuye uruganda rutunganya amakaro rwa Nyagatare
8/08/2025 - 16:36Iziheruka

Abatuye Huye bishimiye Moto idasanzwe yurira imodoka, ikanasimbuka abantu
1/11/2017 - 10:45
Rally: Bimwe mu byaranze irushanwa memorial Gakwaya 2017
31/10/2017 - 13:03
Perezida Kagame yifatanije n’abaturage b’i Gahanga mu gikorwa cy’Umuganda ngarukakwezi
30/10/2017 - 13:02
Abafite indwara zidakira bashyiriweho gahunda y’abaganga babakurikiranira iwabo mu ngo
28/10/2017 - 16:49
Incamake z’ihuriro rya Unity Club-Intwararumuri ryimakaza ubumwe bw’Abanyarwanda (Video)
27/10/2017 - 17:05
Reba ubwiza bw’ikibuga mpuzamahanga cya Cricket cyubatswe i Gahanga
27/10/2017 - 08:30
Cobra arasobanura byinshi nyuma yo gushya kwa Cadillac
24/10/2017 - 17:44
Menya byinshi kuri Cobra wamamaye kubera akabyiniro ka Cadillac
23/10/2017 - 12:46
Ndumva nishimye cyane bidasanzwe kubona nyampinga wacu wa 2016 yarafatiye umwanya urubyiruko ruri Iwawa akabaganiriza abereka ko bigishoboka ko bakora ibikorwa byindashyikirwa kubwabo nkuko yavugaga kandi koko ninako biri.Rero rwose pe mureke rubyiruko tubyumve cyane ko aritwe mbaraga zigihugu cyacu kandi birashoboka ko igihugu cyacu cyatera imbere cyane kikaba icyo gufatirwwaho urugero turamutse tubyumvise tugasenyera umugozi umwe tugakora ibikorwa byubaka tutikoresheje. Nshuti mureke twe kwangiza igihe twahawe dukora ibyingeso mbi,nitugikoreshs neza murebe ko ibintu bidahinduka tukubaka umuryango nyarwanda mwiza aho abana bacu bazishima bagakurana ubwonko butangijwe nakababaro dushobora kubateza biturutse kungeso mbi zacu.
Aha niho noneho nabo bazabona igihe cyo gutekereza kucyaduteza imbere twese hamwe ntibafate igihe kinini cyo kwiheba kubera ababyeyi.
Erega ubunyangamugayo ntacyo twabuhwanya nabwo,none iyo ababyeyi bacu bakora neza nizeyeko tuziranye ku mateka yacu nkabanyarwanda,none tuba tugeze kure.Rero ndabinginze ibyo tubihe agaciro kanini.Nsoje rero mbaza nti,birashoboka ko miss yasura ibyaro akaganiriza nabakobwa kuko barakabije muriyiminsi mugutwara inda zindaro.Ese bisaba iki kugirango aboneke,nasabaga ko mwansubiza.murakoze.