Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Irebere ibirori byo guha Impamyabushobozi za kaminuza Abofisiye ba RDF
4/08/2025 - 19:39
3rd Session of the Joint Permanent Commission on Cooperation (JPCC) between Rwanda and Zimbabwe
7/08/2025 - 08:45
Inshingano za BNR mu kurengera inyungu z’abaturage no guteza imbere Ubukungu bw’Igihugu
4/08/2025 - 17:31Iziheruka

Ruhango: Hatangijwe ibikorwa by’ingabo mu iterambere ry’abaturage
24/04/2018 - 20:05
Nyabihu: Gen Kabarebe ni we watangije ibikorwa by’ingabo mu iterambere ry’abaturage
21/04/2018 - 10:34
Minisitiri Kabarebe yahishuye ibanga ryo kwinjira mu ngabo za RDF
20/04/2018 - 22:16
Rwamagana: Uko ibikorwa bya RDF Citizen Outreach Programme byagenze
20/04/2018 - 22:12
Rayon Sports yaraje abanyakigali mu mihanda
20/04/2018 - 13:07
Umwamikazi w’u Bwongereza Elizabeth II yafunguye ku mugaragaro inama ya Commonwealth
19/04/2018 - 20:16
Perezida Kagame yitabiriye inama y’abakuru b’ibihugu na za Guverinoma bigize Commonwealth
18/04/2018 - 18:40
Ku myaka 18 ari kubica i Burayi nyuma yo kuzamukira muri Mukura VS
18/04/2018 - 13:02
Ndumva nishimye cyane bidasanzwe kubona nyampinga wacu wa 2016 yarafatiye umwanya urubyiruko ruri Iwawa akabaganiriza abereka ko bigishoboka ko bakora ibikorwa byindashyikirwa kubwabo nkuko yavugaga kandi koko ninako biri.Rero rwose pe mureke rubyiruko tubyumve cyane ko aritwe mbaraga zigihugu cyacu kandi birashoboka ko igihugu cyacu cyatera imbere cyane kikaba icyo gufatirwwaho urugero turamutse tubyumvise tugasenyera umugozi umwe tugakora ibikorwa byubaka tutikoresheje. Nshuti mureke twe kwangiza igihe twahawe dukora ibyingeso mbi,nitugikoreshs neza murebe ko ibintu bidahinduka tukubaka umuryango nyarwanda mwiza aho abana bacu bazishima bagakurana ubwonko butangijwe nakababaro dushobora kubateza biturutse kungeso mbi zacu.
Aha niho noneho nabo bazabona igihe cyo gutekereza kucyaduteza imbere twese hamwe ntibafate igihe kinini cyo kwiheba kubera ababyeyi.
Erega ubunyangamugayo ntacyo twabuhwanya nabwo,none iyo ababyeyi bacu bakora neza nizeyeko tuziranye ku mateka yacu nkabanyarwanda,none tuba tugeze kure.Rero ndabinginze ibyo tubihe agaciro kanini.Nsoje rero mbaza nti,birashoboka ko miss yasura ibyaro akaganiriza nabakobwa kuko barakabije muriyiminsi mugutwara inda zindaro.Ese bisaba iki kugirango aboneke,nasabaga ko mwansubiza.murakoze.