Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Kigali: Urubyiruko 100 rwasobanuriwe ko ibikorwa by’ubutwari bidasaba ibya Mirenge
3/08/2025 - 21:30
Social Mula yavuze ko yemera umuhanzi Priscilla
31/07/2025 - 10:28
Zaria Court Opens: President Kagame Urges Africa to Invest in Sports
29/07/2025 - 09:33Iziheruka

Ndi Umunyarwanda ni icyomoro - Madame Jeannette Kagame
27/10/2019 - 16:44
Ntabwo Inkotanyi zateye u Rwanda - Maj. Gen Bayingana
27/10/2019 - 14:26
Perezida Kagame yongeye kuburira abashaka kurwanya u Rwanda
26/10/2019 - 15:34
Umuhanzi Awilo Longomba yageze mu Rwanda
23/10/2019 - 11:45
Perezida Kagame yatashye icyambu kizagabanya ikiguzi cy’ibitumizwa hanze
21/10/2019 - 23:01
Prof. Chrysologue yasekeje abantu mu matora ya Perezida wa Sena
19/10/2019 - 19:52
Perezida mushya wa Sena: Tuzihuta kandi tujyane n’igihe
19/10/2019 - 18:40
Abayobozi bakuru ba RGB barahiriye imirimo mishya
19/10/2019 - 18:25
Ndumva nishimye cyane bidasanzwe kubona nyampinga wacu wa 2016 yarafatiye umwanya urubyiruko ruri Iwawa akabaganiriza abereka ko bigishoboka ko bakora ibikorwa byindashyikirwa kubwabo nkuko yavugaga kandi koko ninako biri.Rero rwose pe mureke rubyiruko tubyumve cyane ko aritwe mbaraga zigihugu cyacu kandi birashoboka ko igihugu cyacu cyatera imbere cyane kikaba icyo gufatirwwaho urugero turamutse tubyumvise tugasenyera umugozi umwe tugakora ibikorwa byubaka tutikoresheje. Nshuti mureke twe kwangiza igihe twahawe dukora ibyingeso mbi,nitugikoreshs neza murebe ko ibintu bidahinduka tukubaka umuryango nyarwanda mwiza aho abana bacu bazishima bagakurana ubwonko butangijwe nakababaro dushobora kubateza biturutse kungeso mbi zacu.
Aha niho noneho nabo bazabona igihe cyo gutekereza kucyaduteza imbere twese hamwe ntibafate igihe kinini cyo kwiheba kubera ababyeyi.
Erega ubunyangamugayo ntacyo twabuhwanya nabwo,none iyo ababyeyi bacu bakora neza nizeyeko tuziranye ku mateka yacu nkabanyarwanda,none tuba tugeze kure.Rero ndabinginze ibyo tubihe agaciro kanini.Nsoje rero mbaza nti,birashoboka ko miss yasura ibyaro akaganiriza nabakobwa kuko barakabije muriyiminsi mugutwara inda zindaro.Ese bisaba iki kugirango aboneke,nasabaga ko mwansubiza.murakoze.