Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Social Mula yavuze ko yemera umuhanzi Priscilla
31/07/2025 - 10:28
Zaria Court Opens: President Kagame Urges Africa to Invest in Sports
29/07/2025 - 09:33
Rwanda and Tanzania Sign Key Cooperation Agreements in Agriculture and Port Services
28/07/2025 - 13:30Iziheruka

Za mpunzi zavuye muri Libya ziragiye! Norvège yemeye gutwara 450
22/01/2020 - 20:10
Miss Rwanda 2020: Reba numero z’abakobwa 54 bari mu irushanwa umenye n’uburyo watangira kubatora
22/01/2020 - 19:56
BARICUZA: Ubuhamya bw’Abanyarwanda bavuye mu mashyamba ya Congo
22/01/2020 - 14:24
Niba wiga muri kaminuza y’u Rwanda, iyumvire ibitinza buruse uhabwa, ubyirinde
21/01/2020 - 17:45
Abanyakenya batangajwe n’isengesho ryo gusabira igihugu (National Prayer Breakfast)
20/01/2020 - 23:53
Nsengimana wari umuvugizi wa FLN yeretswe itangazamakuru
17/01/2020 - 18:25
Mwimakaze umuco wo gushima – Jeannette Kagame
15/01/2020 - 13:29
Impunzi zavuye muri Libya zibayeho gute? Twarabasuye mu nkambi i Gashora
10/01/2020 - 11:17
Ndumva nishimye cyane bidasanzwe kubona nyampinga wacu wa 2016 yarafatiye umwanya urubyiruko ruri Iwawa akabaganiriza abereka ko bigishoboka ko bakora ibikorwa byindashyikirwa kubwabo nkuko yavugaga kandi koko ninako biri.Rero rwose pe mureke rubyiruko tubyumve cyane ko aritwe mbaraga zigihugu cyacu kandi birashoboka ko igihugu cyacu cyatera imbere cyane kikaba icyo gufatirwwaho urugero turamutse tubyumvise tugasenyera umugozi umwe tugakora ibikorwa byubaka tutikoresheje. Nshuti mureke twe kwangiza igihe twahawe dukora ibyingeso mbi,nitugikoreshs neza murebe ko ibintu bidahinduka tukubaka umuryango nyarwanda mwiza aho abana bacu bazishima bagakurana ubwonko butangijwe nakababaro dushobora kubateza biturutse kungeso mbi zacu.
Aha niho noneho nabo bazabona igihe cyo gutekereza kucyaduteza imbere twese hamwe ntibafate igihe kinini cyo kwiheba kubera ababyeyi.
Erega ubunyangamugayo ntacyo twabuhwanya nabwo,none iyo ababyeyi bacu bakora neza nizeyeko tuziranye ku mateka yacu nkabanyarwanda,none tuba tugeze kure.Rero ndabinginze ibyo tubihe agaciro kanini.Nsoje rero mbaza nti,birashoboka ko miss yasura ibyaro akaganiriza nabakobwa kuko barakabije muriyiminsi mugutwara inda zindaro.Ese bisaba iki kugirango aboneke,nasabaga ko mwansubiza.murakoze.