Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Urupfu rwa Rudahigwa: Ni nde wabazwa ibyaha byakorewe u Rwanda - Ikiganiro na Amb. Mutaboba
12/05/2025 - 10:15
Ubuhamya bw’umunyarwandakazi wahoze muri Wazalendo - Uko bafashaga FARDC kurwanya M23
2/05/2025 - 07:41
Ntabwo nigeze nimana ubutaka bwo kwaguriraho ingoro ya Yezu Nyirimpuhwe - Rwagashayija yisobanuye
2/05/2025 - 07:29Iziheruka

Kazarwa watorewe kuyobora Umutwe w’Abadepite ni muntu ki? Ibyaranze umunsi wo kurahira
16/08/2024 - 13:33
Perezida Kagame ku ifungwa ry’insengero: Biraza gutuma dushyiraho umusoro
15/08/2024 - 12:01
Itorero Urukerereza ryanyuze abitabiriye ibirori by’Irahira rya Perezida Kagame
12/08/2024 - 20:53
RIB yavuze ku byaha Dr Mujawamariya akekwaho, inerekana abakekwaho kwiba Miliyoni 100 Frw
26/07/2024 - 12:44
Reba uko byari byifashe mu gutaha uruganda rw’Inyange rutunganya amata y’ifu
26/07/2024 - 11:56
Yahawe inka muri ‘Girinka’ none imugejeje ku gipangu gitahamo imodoka ebyiri (Ubuhamya)
26/07/2024 - 11:11
President Kagame presides over Groundbreaking for King Faisal Hospital expansion
23/07/2024 - 09:40
Mwarakoze cyane - Perezida Kagame yashimye abamufashije mu bikorwa byo kwiyamamaza
23/07/2024 - 09:29
Ndumva nishimye cyane bidasanzwe kubona nyampinga wacu wa 2016 yarafatiye umwanya urubyiruko ruri Iwawa akabaganiriza abereka ko bigishoboka ko bakora ibikorwa byindashyikirwa kubwabo nkuko yavugaga kandi koko ninako biri.Rero rwose pe mureke rubyiruko tubyumve cyane ko aritwe mbaraga zigihugu cyacu kandi birashoboka ko igihugu cyacu cyatera imbere cyane kikaba icyo gufatirwwaho urugero turamutse tubyumvise tugasenyera umugozi umwe tugakora ibikorwa byubaka tutikoresheje. Nshuti mureke twe kwangiza igihe twahawe dukora ibyingeso mbi,nitugikoreshs neza murebe ko ibintu bidahinduka tukubaka umuryango nyarwanda mwiza aho abana bacu bazishima bagakurana ubwonko butangijwe nakababaro dushobora kubateza biturutse kungeso mbi zacu.
Aha niho noneho nabo bazabona igihe cyo gutekereza kucyaduteza imbere twese hamwe ntibafate igihe kinini cyo kwiheba kubera ababyeyi.
Erega ubunyangamugayo ntacyo twabuhwanya nabwo,none iyo ababyeyi bacu bakora neza nizeyeko tuziranye ku mateka yacu nkabanyarwanda,none tuba tugeze kure.Rero ndabinginze ibyo tubihe agaciro kanini.Nsoje rero mbaza nti,birashoboka ko miss yasura ibyaro akaganiriza nabakobwa kuko barakabije muriyiminsi mugutwara inda zindaro.Ese bisaba iki kugirango aboneke,nasabaga ko mwansubiza.murakoze.