Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Menya uko IPRC South iteza imbere ubuhinzi bugezweho
22/07/2016 - 12:44
Perezida Kagame yasoje itorero indangamirwa IX
21/07/2016 - 10:00
Impamvu yatumye habura usimbura Dlamini Zuma ku buyobozi bwa AU
19/07/2016 - 12:33
UBUMUNTU:RDC/RWANDA mu mukino wabo africa’s hope
18/07/2016 - 15:01
Perezida Kagame muri 2 bahawe pasiporo Nyafurika bwa mbere
17/07/2016 - 22:04
UBUMUNTU: Rwanda/Belgium mu mukino wabo Safe.Umudendezo.Amani
16/07/2016 - 22:25
Icyatumye Malala ahitamo gusura inkambi ya Mahama
16/07/2016 - 10:38
Malala wahawe "Prix Nobel" yakiriwe na Perezida Kagame
13/07/2016 - 23:12