Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Irebere uko Perezida Kagame na Infantino batangije FIFA Football Festival
26/12/2025 - 16:58
Polisi y’u Rwanda yahaye abana impano za Noheli
25/12/2025 - 14:06
Ihere ijisho uko ibirori bya Noheli byari bishyushye kuri Kigali Convention Center
25/12/2025 - 10:27Iziheruka
Perezida Kagame yakiriye abambasaderi bashya batanu
13/07/2016 - 10:47
Uburyo inyubako ya KCC yongereye ubwiza bwa Kigali
9/07/2016 - 13:03
Rayon Sports yatwaye igikombe cy’amahoro nyuma y’imyaka 10
7/07/2016 - 16:47
IWAWA: Urubyiruko ruriyo ruranyomoza abahafata nko mu gihome
30/06/2016 - 07:43
Perezida Kagame yatanze igisobanuro cyo kwitwa "urubyiruko"
28/06/2016 - 08:30
Ubumuntu Arts Festival yongeye yagarutse
22/06/2016 - 17:26
Perezida wa Chad yasuye u Rwanda
22/06/2016 - 17:23
Mu mpano nyinshi Gashora Girls Academy bifitemo harimo n’iyo kubyina
22/06/2016 - 09:00