Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Mukwiye kurangwa n’umutima wo kurinda Igihugu - Perezida Kagame ku ba Ofisiye bashya muri RDF
4/10/2025 - 10:27
Rwanda Welcomes Diaspora Youth from South Africa to Discover Their Roots
5/10/2025 - 11:17
Kurikira ikiganiro cya Minisitiri w’Intebe ku guteza imbere imibereho myiza hashingiwe ku buhinzi n’ubworozi
2/10/2025 - 18:32Iziheruka

Indabo z’u Rwanda zizwi nka Bella Flowers ni imari ishyushye i Burayi
31/01/2022 - 18:21
Ese nzabanza igihano cya burundu nakatiwe na Gacaca? - Mukandutiye mu rubanza rwa MRCD/FLN
29/01/2022 - 18:24
Ingaruka za COVID-19 ku ngimbi n’abangavu
10/01/2022 - 12:40
Ikiganiro na Alain Mukurarinda, Umuvugizi wungirije wa Guverinoma
9/01/2022 - 14:17
Abantu 102 barimo n’abakina filime bafashwe barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19
2/01/2022 - 13:33
Umurenge wa Bumbogo wahembwe imodoka kubera ubudasa mu kurwanya Covid-19
29/12/2021 - 00:42
Ingengabihe y’irushanwa rya Miss Rwanda 2022 yamenyekanye
24/12/2021 - 21:04
Abantu 16 bafashwe bakorera ibirori bitemewe mu rugo, bane muri bo bafite COVID-19
22/12/2021 - 21:40
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.