Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ubucucike mu Mashuri, Guhohotera abangavu, Inkende zonera Abaturage - Ibiri muri raporo y’Abadepite
30/12/2025 - 00:06
Ali Kiba na Kevin Kade basusurukije abitabiriye igitaramo The Last Nihgt
1/01/2026 - 07:37
Irebere uko Perezida Kagame na Infantino batangije FIFA Football Festival
26/12/2025 - 16:58Iziheruka
BADEA yasinyanye n’u Rwanda amasezerano y’inguzanyo ya Miliyoni 45 z’Amadolari
8/10/2025 - 22:42
Rwanda Welcomes Diaspora Youth from South Africa to Discover Their Roots
5/10/2025 - 11:17
Mukwiye kurangwa n’umutima wo kurinda Igihugu - Perezida Kagame ku ba Ofisiye bashya muri RDF
4/10/2025 - 10:27
Colourful military parade by Rwanda Defence Force, 1029 Officer Cadets Pass Out
4/10/2025 - 10:16
Dore Morale y’Abofisiye bashya 1029 binjiye mu Ngabo z’u Rwanda
4/10/2025 - 10:09
Kurikira ikiganiro cya Minisitiri w’Intebe ku guteza imbere imibereho myiza hashingiwe ku buhinzi n’ubworozi
2/10/2025 - 18:32
NYIRINGANZO: Umva inzira y’inganzo ya Vestine bitaga Gakoni k’Abakobwa
30/09/2025 - 22:45
#EdTechMondays: Gufata ibyemezo bishingiye ku makuru mu rwego rw’uburezi mu Rwanda
30/09/2025 - 10:40
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.