Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53
IAS 2025 Delegates Enjoy Kigali Car-Free Roads
13/07/2025 - 14:40
RPF-Inkotanyi and China’s CPC Strengthen Ties with New Cooperation Agreements
22/06/2025 - 17:09Iziheruka

Perezida wa Zambia yunamiye abazize Jenoside baruhukiye mu rwibutso rwa Kigali
22/06/2023 - 12:33
Irebere uko Perezida wa Zambia yakiriwe na mugenzi we w’u Rwanda
22/06/2023 - 12:01
Impamvu zatumye Maj Gen Aloys Muganga na Brig Gen Mutiganda birukanwa muri RDF
14/06/2023 - 22:34
Irebere uko ibiro bivuza ubuhuha mu irushanwa #MemorialRutsindura
14/06/2023 - 16:41
Iyumvire ubuhamya bwa Mukiza witandukanyije na se uba muri FDLR (Video)
11/06/2023 - 16:13
Madamu Jeannette Kagame asaba urubyiruko gufata umwanya wo gutekereza ku byemezo rufata
10/06/2023 - 15:40
Irebere ubuhanga bw’Abakarateka bitabiriye irushanwa ryo #Kwibuka29
31/05/2023 - 09:03
Perezida Kagame yatashye icyanya cyahariwe Siporo ku Kimironko
28/05/2023 - 21:30
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.