Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ali Kiba na Kevin Kade basusurukije abitabiriye igitaramo The Last Nihgt
1/01/2026 - 07:37
Ubucucike mu Mashuri, Guhohotera abangavu, Inkende zonera Abaturage - Ibiri muri raporo y’Abadepite
30/12/2025 - 00:06
Irebere uko Perezida Kagame na Infantino batangije FIFA Football Festival
26/12/2025 - 16:58Iziheruka
Perezida Kagame yakiriye Umwami Mohammed wa Maroc
20/10/2016 - 06:27
Uburyo Umwami Mohammed VI wa Maroc yakiriwe ku kibuga cy’indege
19/10/2016 - 06:53
Ibitaro bya mbere mu Rwanda byagemuriwe amaraso na "Drone"
18/10/2016 - 19:26
Huye: Uburyo isiganwa ry’amamodoka ryagenze
18/10/2016 - 12:42
Huye bishimiye kubona Moto ziguruka bari bamenyereye muri firime
17/10/2016 - 15:46
Inyubako ya KCC yandikiwemo amateka ku rwego rw’isi!
17/10/2016 - 12:50
Kwinjira mu Rwanda nta Visa, byatumye abafaransa 2 bahambirizwa
17/10/2016 - 12:45
Inganzo Ngari zatumye abanyamahanga bifuza kumenya guhamiriza
14/10/2016 - 14:04
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.