Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ali Kiba na Kevin Kade basusurukije abitabiriye igitaramo The Last Nihgt
1/01/2026 - 07:37
Ubucucike mu Mashuri, Guhohotera abangavu, Inkende zonera Abaturage - Ibiri muri raporo y’Abadepite
30/12/2025 - 00:06
Imanza ibihumbi 20 zakemutse binyuze mu buhuza mu myaka itatu ishize
10/12/2025 - 11:05Iziheruka
Red Rocks Rwanda: ahantu nyaburanga hagaragaza ibyaranze u Rwanda rwo hambere
15/02/2017 - 17:25
Umuhanzi The Ben yakoreye igitaramo i Huye mbere y’uko asubira hanze
13/02/2017 - 15:37
15 bahatanira ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda berekeje mu mwiherero
13/02/2017 - 09:08
Imyaka 10 y’ubufatanye hagati y’u Rwanda na Oklahoma Christian University
12/02/2017 - 15:49
Perezida Kagame yasuye igice cyahariwe inganda, aganira n’abayobozi muri Gasabo
10/02/2017 - 12:50
CAR FREE DAY: Byinshi wamenya ku gikorwa kiba buri cyumweru cya mbere cy’ukwezi
7/02/2017 - 09:25
Abakobwa 15 bagomba kuvamo Nyampinga w’u Rwanda 2017 bamenyekanye
5/02/2017 - 20:43
Itorero Urwiririza mu gitaramo cy’Inkera nyarwanda kuri KT Radio
4/02/2017 - 20:26
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.