Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ali Kiba na Kevin Kade basusurukije abitabiriye igitaramo The Last Nihgt
1/01/2026 - 07:37
Ubucucike mu Mashuri, Guhohotera abangavu, Inkende zonera Abaturage - Ibiri muri raporo y’Abadepite
30/12/2025 - 00:06
Imanza ibihumbi 20 zakemutse binyuze mu buhuza mu myaka itatu ishize
10/12/2025 - 11:05Iziheruka
Umuhango wo gushyingura Sayinzoga Jean
21/04/2017 - 08:06
Umunsi wa kabiri w’uruzinduko rw’akazi Perezida Kagame yagiriye muri Djibouti
20/04/2017 - 17:06
Umurinzi w’igihango Karamaga ahangayikishijwe n’abamuhamagara bamutera ubwoba
20/04/2017 - 17:01
Umunsi wa mbere w’uruzinduko rw’akazi Perezida Kagame yagiriye muri Djibouti
18/04/2017 - 20:26
Minisitiri Mushikiwabo aratanga ishusho y’umubano w’u Rwanda na Djibouti
18/04/2017 - 20:16
Miss Rukaragata yaremeye uwarokotse Jenoside utishoboye
16/04/2017 - 08:52
Mu Rwanda hasojwe icyumweru cyo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi
13/04/2017 - 21:52
Urugendo rwo Kwibuka inzira y’umusaraba abiciwe i Nyanza ya Kicukiro banyuzemo
12/04/2017 - 23:44
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.