Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Rwanda Welcomes Diaspora Youth from South Africa to Discover Their Roots
5/10/2025 - 11:17
Kurikira ikiganiro cya Minisitiri w’Intebe ku guteza imbere imibereho myiza hashingiwe ku buhinzi n’ubworozi
2/10/2025 - 18:32
Mukwiye kurangwa n’umutima wo kurinda Igihugu - Perezida Kagame ku ba Ofisiye bashya muri RDF
4/10/2025 - 10:27Iziheruka

Icyemezo cy’urukiko kuri Rusesabagina wanze kwitabira iburanisha
28/03/2021 - 23:22
Birababaje: Yakoreye iyicarubozo umwana we w’imyaka 4 amukomeretsa umubiri wose
28/03/2021 - 23:11
Perezida Kagame abwira ba Minisitiri bashya: Mwirinde kwita ku nyungu zanyu bwite
28/03/2021 - 23:00
Baravugwaho gucuruza ubuki butujuje ubuziranenge
28/03/2021 - 22:50
Iyumvire uko bibaga ibikoresho bipima SIDA na Covid-19 bakabigurisha
28/03/2021 - 22:39
Yicuza icyatumye ajya mu bucuruzi bwa magendu
20/03/2021 - 13:52
Jasmine Kibatega ni we watsinze irushanwa ‘THE NEXT POPSTAR’
19/03/2021 - 22:30
Tuzakora ibishoboka byose ingendo ntizongere guhagarara
17/03/2021 - 07:22
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.