Ibitekerezo ( 12 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Aba Ofisiye bakuru mu bihugu 9 by’Afurika basoje amasomo mu ishuri Rikuru rya Polisi y’u Rwanda
22/06/2025 - 17:13
RPF-Inkotanyi and China’s CPC Strengthen Ties with New Cooperation Agreements
22/06/2025 - 17:09
Rwanda Beyond The Headlines, with Central Bank Governor on Development of Financial Sector
8/06/2025 - 08:24Iziheruka

Gen James Kabarebe yavuze igitambo RDF yatanze igatsinda urugamba rw’abacengezi
6/01/2020 - 11:39
Uburyo Gasore Serge yavumbuyemo ko afite impano yo kwiruka buratangaje
6/01/2020 - 11:25
Impamvu nyamukuru yatumye ababiciye bigacika muri ruhago nyarwanda barahindutse abakene
6/01/2020 - 11:13
Uko byari byifashe kwa Gitwaza no kwa Masasu mu ijoro ryo kwinjira mu mwaka wa 2020
1/01/2020 - 19:18
Ntabwo waba umwere ubona ibibi bikorwa ugaceceka - Perezida Paul Kagame
1/01/2020 - 19:07
Umushyikirano: Barore yasekeje abantu ubwo yari ayoboye ikiganiro
1/01/2020 - 18:56
Dore udushya twaranze igitaramo cya Chorale de Kigali 2019
1/01/2020 - 18:45
Umwaka mushya wa 2020! Reba uko fireworks zaturikijwe i Nyamirambo, kuri KCC n’i Remera
1/01/2020 - 09:24
Nshimiye cyane Sr Immaculee kumpanuro atanze Imana umuhe umugisha.
Uyu mugiramana Makurata ibyo uvuga ni ukuri areko nareke n’amaranga mutima. Umuhanuzi ntawe avuga nkariho n’akazaza aba yakuye mu agakeregeshwa k’inyuramutima mu bushishozi bw’ubuhanga n’ukwicisha bugufi maze Uwiteka akagutuma kwigisha ibyo umwuka ukurimo utanga. Gukeza abami turabimenyereye nyamara ubutumwa nyabwo tubuhabwa n’Umwami w’abami. Ntacyo twatanze ngo dukunde turame abataragize ayo mahirwe barayambuwe ariko sinibwira ko abayabambuye aribo bamerewe neza kurusha aho babashyize Imana Niyo nkuru. Umuhozi ni utanga ubuzima naho umwicanyi n’ubitekereza bazahora bahekenya amenyo. Ma petite soeur je te recommande ouvre tes yeux,tu n’es pas trop loin du visage du Christ à qui tu as voulu ressembler. Que Dieu te bénisse et te protège. Ton grand frère dans le Christ ressuscité.
Merci sr Immacuée,
Kristu ubereye ijwi akomeze ukwemera kwawe no kuba umuhamya.