Ibitekerezo ( 12 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Aba Ofisiye bakuru mu bihugu 9 by’Afurika basoje amasomo mu ishuri Rikuru rya Polisi y’u Rwanda
22/06/2025 - 17:13
Ikiganiro ku Byakozwe na Guverinoma mu guteza Imbere imibereho y’Abanyarwanda
20/06/2025 - 12:11
First Lady Jeannette Kagame: "Investing in women entrepreneurs is the right decision for Rwanda"
30/05/2025 - 12:47Iziheruka

Irebere uko abasore banyonga igare kuva i Kigali kugera i Huye
27/02/2020 - 22:58
Ari Rayon Sports n’amagare ni iki gikunzwe kurusha ikindi? Murenzi Abdallah aratanga igisubizo
27/02/2020 - 22:51
Niyo Bosco, Urugero rwiza rw’uko icyo uzaba ntaho kijya, byinshi utamenye ku mateka ye
23/02/2020 - 12:43
Tour du Rwanda izatwara umugabo isibe undi - FERWACY
22/02/2020 - 00:48
Perezida Kagame na Masai Ujiri batangije iserukiramuco rya Giants of Africa muri Basketball
20/02/2020 - 19:05
Nzabonimpa ngo bamujyanye mu gitero cya Kinigi bamushoreye nk’intama
20/02/2020 - 10:01
NTIYICUZA: Kabayija uri mu bagabye igitero mu Kinigi kigahitana 14
19/02/2020 - 19:02
Andi makuru utamenye ku iyegura rya Evode, Munyakazi na Gashumba
17/02/2020 - 12:00
Nshimiye cyane Sr Immaculee kumpanuro atanze Imana umuhe umugisha.
Uyu mugiramana Makurata ibyo uvuga ni ukuri areko nareke n’amaranga mutima. Umuhanuzi ntawe avuga nkariho n’akazaza aba yakuye mu agakeregeshwa k’inyuramutima mu bushishozi bw’ubuhanga n’ukwicisha bugufi maze Uwiteka akagutuma kwigisha ibyo umwuka ukurimo utanga. Gukeza abami turabimenyereye nyamara ubutumwa nyabwo tubuhabwa n’Umwami w’abami. Ntacyo twatanze ngo dukunde turame abataragize ayo mahirwe barayambuwe ariko sinibwira ko abayabambuye aribo bamerewe neza kurusha aho babashyize Imana Niyo nkuru. Umuhozi ni utanga ubuzima naho umwicanyi n’ubitekereza bazahora bahekenya amenyo. Ma petite soeur je te recommande ouvre tes yeux,tu n’es pas trop loin du visage du Christ à qui tu as voulu ressembler. Que Dieu te bénisse et te protège. Ton grand frère dans le Christ ressuscité.
Merci sr Immacuée,
Kristu ubereye ijwi akomeze ukwemera kwawe no kuba umuhamya.