Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Indege ya Habyarimana: Uko amafaranga y’indishyi yafatiriwe
17/10/2025 - 22:14
Volleyball: Dore ibiro bivuza ubuhuha, Kepler VC itsinze REG VC amaseti 3-0
17/10/2025 - 22:22
Urwibutso rukomeye Me Laurent Nkongoli yasigaranye kuri Ingabire Marie Immaculée
16/10/2025 - 06:53Iziheruka

Abagera ku 9,000 barangije kwiga muri UR bageze ku isoko ry’umurimo
29/08/2021 - 23:14
Kwa Sogokuru ni hehe? Ikibazo Muhizi utazi inkomoko ya se ashobora kuzabazwa n’abana be
26/08/2021 - 15:48
Byinshi kuri Sadate Munyakazi wamamaye muri Rayon Sports : Wari uzi ko kera yitwaga David?
26/08/2021 - 15:27
Baravuga ko banyoye Energy Drink, Polisi yo ikavuga ko bari banyoye inzoga
24/08/2021 - 16:00
Dore uko Umubiligi Vincent Lurquin yirukanywe ku butaka bw’u Rwanda
24/08/2021 - 15:48
Dore ubuzima bw’ahabatijwe mu ISIYACYENDA
21/08/2021 - 18:44
Umunyezamu Kimenyi Yves n’abo bafatanwe baricuza amakosa bakoze
21/08/2021 - 18:38
Abantu 29 batawe muri yombi bazira gutwara imodoka basinze
21/08/2021 - 09:58
jye ndabashimye cyane kuko bagira umutima wo gukunda kuko bageraho bakibuka n’abababaye bakisanisha nabo bituma batiheba kndi nkashima kigalitoday byumwihariko TITI ukorera iNyanza
Kigaki today ndabashimye aho tutari murahatubera menye uko byari bimeze muri salax award kuko ntashoboye kujyayo. Nishimiye cyane ko King James yabaye umuhanzi w’umwaka ibyo ni byo nta marangamutima yabaye uri musore yarabikoreye kandi yarakoze cyane. Ubu ibirori byose amakwe ni we cyane mu ndirimbo umugisha, narashize,... Nakomereze aho King turamukunda aririmba neza gusa akomeze discipline twari tumuziho ntazahinduke ngo ate umurongo ni umuntuw’umugabo.