Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Uko intumwa z’u Rwanda zakiriwe i Kampala mu biganiro byo kubyutsa umubano
13/12/2019 - 18:50
Iyumvire impamvu ibiganiro hagati y’u Rwanda na Uganda ntacyavuyemo
14/12/2019 - 12:14
Aba bakobwa bararirimba ukikanga abamalayika
8/12/2019 - 17:16Iziheruka

Iyumvire impamvu ibiganiro hagati y’u Rwanda na Uganda ntacyavuyemo
14/12/2019 - 12:14
Uko intumwa z’u Rwanda zakiriwe i Kampala mu biganiro byo kubyutsa umubano
13/12/2019 - 18:50
Mu ndirimbo Umuhanzi Davis D yise Dede, avugamo ko agusha Imvura. Iyumvire iyo mvura iyo ari yo
13/12/2019 - 17:59
Aba bakobwa bararirimba ukikanga abamalayika
8/12/2019 - 17:16
Iyumvire uko Uganda yashinyaguriye Nkurunziza ajya gushyingura Nyirakuru
5/12/2019 - 14:54
Amaranye virusi itera SIDA imyaka 20! Yatanze ubuhamya mu nama ya ICASA
5/12/2019 - 14:46
Urukerereza n’abana bo ku Nyundo baryohereje abitabiriya ICASA
3/12/2019 - 11:27
Perezida Kagame na Madame bitabiriye Umuganda usoza ukwezi kwa 11
1/12/2019 - 23:49
jye ndabashimye cyane kuko bagira umutima wo gukunda kuko bageraho bakibuka n’abababaye bakisanisha nabo bituma batiheba kndi nkashima kigalitoday byumwihariko TITI ukorera iNyanza
Kigaki today ndabashimye aho tutari murahatubera menye uko byari bimeze muri salax award kuko ntashoboye kujyayo. Nishimiye cyane ko King James yabaye umuhanzi w’umwaka ibyo ni byo nta marangamutima yabaye uri musore yarabikoreye kandi yarakoze cyane. Ubu ibirori byose amakwe ni we cyane mu ndirimbo umugisha, narashize,... Nakomereze aho King turamukunda aririmba neza gusa akomeze discipline twari tumuziho ntazahinduke ngo ate umurongo ni umuntuw’umugabo.