Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Perezida Kagame yakiriye Indahiro y’abagize Guverinoma Nshya ashima Dr Ngirente
25/07/2025 - 21:54
Rwanda Concludes 18th African Command and Staff Colleges Chief Instructors’ Workshop
25/07/2025 - 00:33
U Rwanda imbere ibindi inyuma: Intego Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yinjiranye mu kazi
25/07/2025 - 22:01Iziheruka

Ibyamamare birimo Drogba, Prince Charles, Sauti Sol n’abandi bise amazina Ingagi
4/09/2022 - 11:33
Gukoresha ikoranabuhanga mu burezi bw’u Rwanda
30/08/2022 - 15:41
Twasuye ibitaro by’imbwa n’irimbi ryazo
28/08/2022 - 08:35
Ababyeyi ba Nyamasheke bajishiye igisabo Perezida Kagame
27/08/2022 - 22:25
Ibyo Perezida Kagame yaganiriye n’umukecuru Nyiramandwa iwe mu rugo
26/08/2022 - 23:20
Byari amarira n’agahinda mu gushyingura Yvan Buravan
25/08/2022 - 02:33
RDB yatashye agakiriro ka Cyarubare kubatswe mu mafaranga yinjijwe n’ubukerarugendo
25/08/2022 - 02:26
Ababyeyi barasabwa kurushaho kwita ku burere bw’abana
25/08/2022 - 02:16
jye ndabashimye cyane kuko bagira umutima wo gukunda kuko bageraho bakibuka n’abababaye bakisanisha nabo bituma batiheba kndi nkashima kigalitoday byumwihariko TITI ukorera iNyanza
Kigaki today ndabashimye aho tutari murahatubera menye uko byari bimeze muri salax award kuko ntashoboye kujyayo. Nishimiye cyane ko King James yabaye umuhanzi w’umwaka ibyo ni byo nta marangamutima yabaye uri musore yarabikoreye kandi yarakoze cyane. Ubu ibirori byose amakwe ni we cyane mu ndirimbo umugisha, narashize,... Nakomereze aho King turamukunda aririmba neza gusa akomeze discipline twari tumuziho ntazahinduke ngo ate umurongo ni umuntuw’umugabo.