Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Buri wese afite umugabane agomba gusubiza, ntitukabazwe umugabane w’Abandi – Perezida Kagame
11/12/2025 - 22:58
Abazagura itike y’Igitaramo ‘The Nu Year Groove’ bakoresheje ikarita za BK bazagabanyirizwa
15/12/2025 - 21:04
KT signed MoU with Rwanda Premier League as official media Partner for next two seasons
13/12/2025 - 12:24Iziheruka
Umva icyo Perezida Kagame avuga ku bateguye amafunguro yateje uburwayi abantu
26/08/2023 - 10:15
Davido yashimishije abitabiriye iserukiramuco rya Giants of Africa
21/08/2023 - 15:39
Irebere uko umuhanzi Tiwa Savage yasusurukije ab’i Kigali
21/08/2023 - 10:37
Giants of Africa yatashye ikibuga cya Basketball cya Kimisagara
21/08/2023 - 10:17
Perezida Kagame, Masai Ujiri n’abandi bitabiriye Giants of Africa bahuriye mu muganda
19/08/2023 - 19:08
Madamu Jeannette Kagame yifatanyije n’abayobozi bakiri bato mu gusabira Igihugu
14/08/2023 - 14:34
Kurikira ibirori byo gutangiza iserukiramuco rya Giants of Africa
14/08/2023 - 14:06
Remarks by H.E First Lady on International Youth Day 2023
14/08/2023 - 13:57
jye ndabashimye cyane kuko bagira umutima wo gukunda kuko bageraho bakibuka n’abababaye bakisanisha nabo bituma batiheba kndi nkashima kigalitoday byumwihariko TITI ukorera iNyanza
Kigaki today ndabashimye aho tutari murahatubera menye uko byari bimeze muri salax award kuko ntashoboye kujyayo. Nishimiye cyane ko King James yabaye umuhanzi w’umwaka ibyo ni byo nta marangamutima yabaye uri musore yarabikoreye kandi yarakoze cyane. Ubu ibirori byose amakwe ni we cyane mu ndirimbo umugisha, narashize,... Nakomereze aho King turamukunda aririmba neza gusa akomeze discipline twari tumuziho ntazahinduke ngo ate umurongo ni umuntuw’umugabo.